skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

REG yiyemeje kugabanya ku rwego rwo hejuru icanwa ry’inkwi mu ngo z’Abanyarwanda muri gahunda yo kubungabunga...

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu REG cyatangiye ubukangurambaga mu gihugu hose bwo gushishikariza Abanyarwanda gukoresha Imbabura zirondereza inkwi ndetse no gukoresha gaze mu rwego rwo kugabanya...
21 February 2019 Yasuwe: 1426 0

Antonio Rudiger yatangaje ko abakinnyi barambiwe umutoza Maurizio Sarri

Myugariro wa Chelsea Antonio Rudiger yatangaje ko abakinnyi barambiwe imikorere y’umutoza Maurizio Sarri aho imitoreze ye yayigereranyije no kwirirwa ku ishuli uteze amatwi umwarimu...
21 February 2019 Yasuwe: 2510 0

Umugore yakubiswe bikomeye n’umugabo bateretanaga ku munsi wa mbere bapfuye imibonano mpuzabitsina[AMAFOTO]

Umugore witwa Elaine Caparroz w’imyaka 57,yakubiswe inkuni,amakofe n’imigeri n’umugabo bari bateretanye ku nshuro ya mbere witwa Vinicius Serra w’imyaka 27,bahuriye ku mbuga ziranga...
21 February 2019 Yasuwe: 5287 1

Micheal Sarpong niwe watowe nk’umukinnyi mwiza witwaye neza muri Mutarama

Rutahizamu ukomoka muri Ghana Sarpong Micheal niwe watowe nk’umukinnyi mwiza wa Rayon Sports mu kwezi kwa Mutarama ahigitse bagenzi be barimo Iradukunda Eric na Niyonzima...
21 February 2019 Yasuwe: 1667 1

Atletico Madrid yatsinze Juventus yibikira impamba ikomeye ishobora kuyigeza muri ¼

Ikipe ya Atletico iri mu nzira nziza yo kwerekeza mu mikino ya ¼ cy’irangiza cya UEFA Champions League nyuma yo gutsinda Juventus ibitego 2-0 byose bibonetse mu minota 13 ya nyuma...
21 February 2019 Yasuwe: 1573 0

Vladmir Putin yeruye ko ashobora kuzarasa USA

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yabwiye Abarusiya mu ijambo yagejeje ku baturage imbere y’inteko ishinga amategeko y’igihugu cye i Moscow ko azarasa USA niramuka yohereje ibisasu byayo bya...
20 February 2019 Yasuwe: 3992 1

MINEDUC igiye gushyira hanze amanota y’abanyeshuli barangije amashuli yisumbuye

MINEDUC yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019, aribwo itangaza amanota ibizamini bya Leta byasoje amashuri yisumbuye byakozwe m’ Ugushyingo...
20 February 2019 Yasuwe: 888 1

Impamvu nyamukuru yatumye igitaramo cy’ ubukangurambaga bwa Mwiseneza Josiane gihagarikwa yamenyekanye

Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye busubika igitaramo Mwiseneza Josiane yagombaga gukoreramo ubukangurambaga ku mushinga we mu murenge wa Fumbwe, ari uko...
20 February 2019 Yasuwe: 5783 7

Umukobwa w’imyaka 19 yashyingiranywe n’umusaza w’imyaka 69 ahabwa urw’amenyo ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Samantha Simpson w’imyaka 19, ukomoka Kansas muri USA, yashyingiranywe n’umusaza witwa JR w’imyaka 62 bituma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga,baramwibasira...
20 February 2019 Yasuwe: 6610 1

Umukinnyi Dele Alli yabenze umukunzi we mu ibanga amusimbuza uwo bahuriye mu kabyiniro [AMAFOTO]

Umwongereza Dele Alli ukinira ikipe ya Tottenham yabenze umukunzi we Ruby Mae bari bamaze imyaka 2 n’igice bakundana,yikundira uwitwa Megan Barton-Hanson bahuriye mu kabyiniro mu mujyi wa...
20 February 2019 Yasuwe: 3703 1
0 | ... | 20760 | 20770 | 20780 | 20790 | 20800 | 20810 | 20820 | 20830 | 20840 | ... | 24580