skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Cristiano Ronaldo na Messi ntibari mu bakinnyi 3 bazavamo uhabwa Ballon d’Or

Mu makuru yasohotse muri iki gitondo,Taliki ya 11 Ugushyingo 2018, ni uko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi batari mu bakinnyi 3 bazatorwamo uwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka izatangwa mu kwezi...
11 November 2018 Yasuwe: 2496 0

Haruna Niyonzima yafashe umwanzuro watunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi,Haruna Niyonzima, yatangaje ko yamaze gufata umwanzuro wo kutazongera gusinyira ikipe yo mu gihugu cya Tanzania,nyuma y’ibyo yaboneye mu ikipe ya Simba SC...
11 November 2018 Yasuwe: 2530 0

Abagore bigaragambije bambaye ubusa mu rwego rwo kwamagana Trump n’ibindi bikomerezwa I Paris [AMAFOTO]

Abagore bakomoka muri Ukraine bibumbiye mu mutwe uzwi nka “FEMEN”bagaragaye mu mujyi wa Paris ku nyubako izwi cyane yitwa Arc de Triomphe,bambaye ubusa hejuru bari kwigaragambya .
11 November 2018 Yasuwe: 1879 0

Umukobwa w’umuherwe arashaka umukunzi yifuza kwishyura akayabo ka miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda

Umukobwa w’umu miliyoneri witwa Jane Park w’imyaka 23 yatangaje ko yifuza umukunzi ndetse ko azahemba umusore uzabasha kumutereta akayabo k’ibihumbi 63 by’ama pawundi ku mwaka.
11 November 2018 Yasuwe: 3242 0

Abashakashatsi bagaragaje ukuntu gutera akabariro no kubyara abana byongera imyaka yo kubaho

Ubushakashatsi bwakorewe ku bagabo 910 muri Wales hagati y’umwaka wa 1979 na 1993,bwagaragaje ko abagabo batera akabariro inshuro 2 mu cyumweru baba bafite amahirwe arenga 50 ku ijana yo kudapfa...
11 November 2018 Yasuwe: 2517 0

Abayobozi ba FC Barcelona barakariye bikomeye rutahizamu Ousmane Dembele

Benshi mu bakunzi ba FC Barcelona bakomeje kwikoma rutahizamu wabo Ousmane Dembele wasibye imyitozo yo ku wa Kane w’iki cyumweru atabimenyesheje abatoza n’ubuyobozi bw’iyi kipe,byatumye benshi...
11 November 2018 Yasuwe: 2046 0

Pep Guardiola yashimishije benshi kubera amagambo yavuze kuri Jose Mourinho

Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola yatangaje ko ubwo Jose Mourinho yari mu bihe bibi mu minsi ishize,nawe byamubabaje ndetse abizi neza ko nawe yagerwaho n’ibyabaye kuri uyu mutoza mu gihe...
11 November 2018 Yasuwe: 1839 0

Umukobwa umaze imyaka 20 adakaraba umusatsi muremure afite yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umugore witwa Frankie Cluney w’imyaka 32, ukomoka ahitwa Brighton mu bwongereza,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto agaragaza uburebure butangaje bw’umusatsi we,ukubura hasi iyo...
10 November 2018 Yasuwe: 6196 0

Paul Pogba yaciye ibintu kubera umuntu yemeje ko amubera icyitegererezo mu byambarire

Umusore Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yaciye ibintu nyuma yo gutangaza ko nyina umubyara ariwe umubera icyitegererezo mu myambarire ndetse uko yambara kose abifashwamo...
10 November 2018 Yasuwe: 2662 0

Umucamamanza ukomeye yahagaritswe ku kazi nyuma yo gufatwa ari kureba filimi z’urukozasoni mu biro

Umucamanza ukomeye mu Bwongereza, yafatiwe mu biro bye ari kureba amafilimi y’urukozasoni kuri laptop ye none byamuviriyemo guhagarikwa ku kazi kamuhembaga akayabo k’ibihumbi 900 by’amapawundi ku...
10 November 2018 Yasuwe: 1324 0