skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Abashinzwe gutegura ikirori cy’ubusambanyi kizwi nka Sex Island bateje intambara ikomeye mu bagabo bo hirya no hino ku isi

Abashinzwe gutegura ibirori by’ubusambanyi bya Sex Island bakoze agashya ubwo bashyiraga hanze itike imwe y’ubuntu ku mugabo w’unyamahirwe uwo ari we wese ku isi bituma ibihumbi by’abagabo...
8 November 2018 Yasuwe: 4410 0

Umwicanyi yinjiye muri restaurant yica abantu 12 akomeretsa abandi benshi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 07 Ugushyingo 2018,umwicanyi yinjiye muri restaurant n’akabari kitwa Borderline Bar and Grill iherereye ahitwa Thousand Oaks mu majyepfo ya...
8 November 2018 Yasuwe: 2274 47

Idris Elba niwe watowe nk’umugabo ukurura abagore mu bantu bari ku isi bose [AMAFOTO]

Umwongereza witwa Idris Elba usanzwe akina amafilimi niwe watowe n’ikinyamakuru People Magazine nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi bose ku isi.
8 November 2018 Yasuwe: 3384 0

Neymar yasabye UEFA ko yahana umusifuzi wamusuzuguye

Umunya Brazil Neymar Jr,ukinira PSG, yasabye UEFA ko yakurikirana umusifuzi w’umuholandi Bjorn Kuipers kubera ko yamusuguye akamubwira amagambo mabi cyane.
8 November 2018 Yasuwe: 2296 0

Sergio Ramos yongeye gukorera igikorwa cy’ubunyamaswa umukinnyi bari bahanganye

Myugariro wa Real Madrid,Sergio Ranos yongeye kwibasirwa n’abakunzi ba ruhago kubera inkokora mbi cyane yakubise mu maso umukinnyi wa Victoria Plzen witwa Milan Havel bikamuviramo kuva amaraso...
8 November 2018 Yasuwe: 2366 0

Cristiano Ronaldo yibasiriye Manchester United nyuma yo kubatsinda

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yavuze ko ikipe ya Manchester United yari iciriritse mu ijoro ryakeye ndetse bakagombye kuba bayitsinze ibitego 3 cyangwa 4 iyo bataza gupfusha ubusa amahirwe...
8 November 2018 Yasuwe: 2202 0

Kylian Mbappe yaciye ibintu kubera ibyo yasabye PSG ko imukorera mbere y’uko ayerekezamo

Rutahizamu Kylian Mbappe yaciye ibintu hirya no hino kubera ibyo yasabye ikipe ya PSG mbere y’uko ayerekezamo birimo kumushakira indege yo kujya imutwara igihe abyifuje,birimo kumugira umukinnyi...
8 November 2018 Yasuwe: 2440 1

Rayon Sports yahombejwe bikomeye n’umwanzuro FERWAFA yafashe ku kibazo cya Kakule Mugheni Fabrice

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamaze gutangaza ko abakinnyi babiri bari bivumbuye kuri Kiyovu Sports aribo Kakhule Mugheni Fabrice wari werekeje muri Rayon Sports na mugenzi...
8 November 2018 Yasuwe: 5909 1

Jose Mourinho yongeye kwigaragaza afasha Manchester United gutungura Juventus

Ikipe ya Manchester United yasuzugurwaga na buri wese kubera ukuntu yatangiye uyu mwaka w’imikino yitwara nabi,yakoze ibyo benshi batakekaga itsindira Juventus ku kibuga cyayo Allianz Stadium...
8 November 2018 Yasuwe: 1588 0

Paul Pogba yavuze amagambo atangaje kuri Cristiano Ronaldo

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yavuze ko Cristiano Ronaldo ari rutahizamu ufite impano itangaje kuko atsinda ibitego ku buryo bworoshye nk’uri kunywa amazi.
7 November 2018 Yasuwe: 3121 0