skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umukobwa w’imyaka 10 watewe inda na musaza we yabyaye umwana muzima

Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 ukomoka muri Colombia,ari guca ibintu mu binyamakuru, kubera ko yashoboye kubyara umwana w’umuhungu muzima, nyuma y’inda yatewe na musaza we wamufashe ku ngufu.
5 November 2018 Yasuwe: 3424 0

Umugabo yafashwe ari gusambanya ku ngufu nyina umubyara na nyirabukwe

Umugabo witwa David Shekari w’imyaka 32,ukomoka muri Nigeria, yafashwe ari gusambanya nyina umubyara n’uwahoze ari nyirabukweabwira abantu bamufashe ko hari imyuka mibi imufata iyo yanyoye inzoga...
5 November 2018 Yasuwe: 4610 0

Real Madrid yakoze agashya katangaje benshi mu bakunzi ba ruhago [AMAFOTO]

Ikipe ya Real Madrid yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago kubera ama televiziyo yashyize hejuru mu bwiherero aho buri mufana wese azajya yihagarika ari kureba umukino kugira ngo adacikanwa...
5 November 2018 Yasuwe: 3458 1

Abagore ibihumbi 5,000 bitabiriye umuhango wo gukubitwa inkoni n’abapadiri kugira ngo babirukaneho imyuka mibi[AMAFOTO]

Abahindekazi bagera ku bihumbi 5,000 bitabiriye umuhango wo gukubitwa inkoni nyinshi n’abapadiri,kugira ngo babirukaneho imyuka mibi ndetse n’uburwayi butandukanye.
5 November 2018 Yasuwe: 2618 2

Abageni bapfiriye mu mpanuka y’indege nyuma y’amasaha 2 bakoze ubukwe, bateye benshi intimba

Umugabo witwa Will Byler n’umugore we Bailee Ackerman bari bamaze amasaha 2 bemeranyije kubana akaramata,bababaje benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera impanuka y’indege bakoze bombi bakahasiga...
5 November 2018 Yasuwe: 2813 1

Abagore 4 baciye ibintu kubera amafoto bifotoje bambaye amakanzu agaragaza bimwe mu bice by’imibiri yabo ,bigana Jennifer Lopez...

Mu minsi ishize nibwo icyamamare mu njyana ya pop, Jennifer Lopez w’imyaka 49 yagaragaye yambaye ikanzu itangaje igaragaza bimwe mu bice bye by’umubiri,none abagore 4 nabo bamwiganye.
5 November 2018 Yasuwe: 3019 0

Umunyamideli yasajije ibyamamare bitandukanye kubera amafoto akomeje gusakaza ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uburanga bwe...

Umunyamideli w’umunyamerika wiyita Ana Montana ariko amazina ye nyakuri akaba ari Analicia Chaves,akomeje gutwara imitima y’ibyamamare kubera imiterere y’umubiri we aho ibyamamare bitandukanye...
5 November 2018 Yasuwe: 2619 1

Umuganga yasambanyije ku ngufu umwana w’imyaka 4 wari urembye cyane

Umwana w’umukobwa w’imyaka 4 ukomoka mu Buhindi, yasambanyijwe n’umuganga warimo amwitaho afatanyije n’abandi bagabo 4,ubwo yari arembeye mu bitaro avurwa ibikomere yatewe n’inzoka yamurumye.
5 November 2018 Yasuwe: 1453 1

Sergio Ramos yakoze igikorwa kigaragaza ko adakunda Thibaut Courtois

Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid yatunguye benshi kubera gukanda like ku butumwa bwo kuri Instagram bunenga umunyezamu Thibaut Courtois utari kwitwara neza muri Real Madrid.
5 November 2018 Yasuwe: 2133 0

Cristiano Ronaldo yatangaje shampiyona yifuza gusorezamo umupira w’amaguru

Rutahizamu wa Juventus Cristiano Ronaldo yatangaje ko yifuza kongera gukinana na Wayne Rooney bakinanye muri Manchester United mbere y’uko ayivamo yerekeza muri Real Madrid bituma benshi bemeza ko...
5 November 2018 Yasuwe: 2119 0