skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugore uherutse kwigabanyisha amabere yameze ibere rya gatatu munsi y’ukuboko [AMAFOTO]

Umugore witwa Ferrell Johnston ukomoka muri USA, waherukaga kugabanyisha amabere ye kubera ko yari Manini cyane,yahuye n’uruva gusenya ubwo yameraga ibere rya gatatu munsi y’ukuboko kwe.
11 October 2018 Yasuwe: 2198 0

Rutahizamu Arda Turan yavuzweho gukubita umuhanzi amuvuna izuru bapfuye umugore we

Rutahizamu Arda Turan wa FC Barcelona watijwe mu ikipe ya Istanbul Basaksehir y’iwabo muri Turkey yavuzwe cyane mu binyamakuru ko yaraye akubise umuhanzi ukomeye muri iki gihugu witwa Berkay...
11 October 2018 Yasuwe: 798 0

Sugira Ernest yagarutse mu kibuga, arifuza umwanya uhagije wo gukina (Yavuguruwe)

Sugira umaze umwaka urenga adakina yabwiye abanyamakuru ko yifuza umwanya uhagije wo gukina ndetse umutoza we Petrovic yifuza ko yabimufashamo.
11 October 2018 Yasuwe: 3242 0

Kakule Mugheni Fabrice ashobora gutuma Rayon Sports na Kiyovu Sports bashwana

Umukinnyi Kakule Mugheni Fabrice uherutse gusinyira Rayon Sports imbanzirizamasezerano kandi asanzwe afitiye amasezerano y’umwaka Kiyovu Sports ashobora gutuma aya makipe yombi yitabaza inkiko...
11 October 2018 Yasuwe: 1878 0

Rafael Nadal ari kuririmbwa ku isi yose kubera ibyo yakoreye abaturage bo muri Majorca batewe n’umwuzure wahitanye abarenga 10...

Nimero ya mbere ku isi mu mukino wa Tennis, Rafael Nadal ari guca ibintu kubera amafoto n’amashusho ari gucaracara ku mbuga nkoranyambaga,ari gukoropa amazu y’abaturage bo mu gace ka Majorca...
11 October 2018 Yasuwe: 1878 0

Umugabo ari muri coma nyuma yo kurumwa n’imbwa ikamuca igitsina

Umugabo w’imyaka 22 ukomoka mu gihugu cya Ecosse mu gace kitwa East Lothian,yahuye n’uruva gusenya ubwo yahuraga n’imbwa y’inkazi ikamurya imyanya ye y’ibanga ndetse n’udusabo dukora intanga...
11 October 2018 Yasuwe: 829 1

Abagore babiri banyuze mu mujyi wa Manchester bambaye ubusa buri buri

Abagore babiri bisize ibirungo byo mu byo kurya(Strawberry Jam) umubiri wose,bagaragaye mu mujyi wa Manchester bambaye ubusa buri buri barangije bicara ku ntebe muri uyu mujyi rwagati.
11 October 2018 Yasuwe: 2561 1

Paul Pogba yatangaje ukuri benshi batari bazi ku byerekeye imyitwarire ye nyuma y’igikombe cy’isi

Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Manchester United Paul Pogba yavuze ko byamugoye kwitwara neza mu ikipe ye nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu y’ubufaransa kwegukana igikombe cy’isi 2018.
11 October 2018 Yasuwe: 3746 0

Imyitwarire y’umuraperikazi Cardi B ku rubyiniro rwa AMAs yatunguye benshi [AMAFOTO]

Umuraperikazi Cardi B uri mu bari kubyitwaramo neza muri iyi minsi yatunguye benshi mu barebye ibirori bya American Music Awards (AMAs) kubera imibyinire ye itangaje yaranzwe n’udushya twinshi aho...
10 October 2018 Yasuwe: 2450 0

Tuyishime Eric ‘Congolais’ yatangaje impamvu yatumye Rayon Sports itamushyira ku rutonde rw’abakinnyi izakoresha

Umukinnyi Tuyishime Eric uzwi nka Congolais uherutse kugurwa na Rayon Sports avuye muri APR FC yatangaje ko impamvu yatumye atagaragara ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha mu mwaka...
10 October 2018 Yasuwe: 7872 0