skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugabo wiyise umwami wa Instagram yifotoje ari kumwe n’abagore 9 mu buriri bumwe [AMAFOTO]

Umugabo witwa Dan Brandon Bilzerian ukomoka muri USA,wiyise “umwami wa Instagram”, yakoze agashya ubwo yashyiraga hanze ifoto aryamye ku buriri bumwe n’abagore 9 ari kureba umukino wa UFC wahuje...
8 October 2018 Yasuwe: 3855 0

Ubushakashatsi bwagaragaje ikintu gikomeye kigiye gutuma abantu bagabanuka ku isi

Abahanga mu by’ubuzima batangaje ko iterambere ry’isi rikomeje gutuma intangangabo zipfa cyane ku buryo mu myaka iri imbere abagabo benshi bashobora kuba ingumba abandi bakaba ibiremba kubera...
8 October 2018 Yasuwe: 4060 0

Limousine yakoze impanuka ikomeye ihitana abantu bagera kuri 20 barimo abagore 4 bavukana, n’abagabo...

Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize imodoka yo mu bwoko bwa Limousine mu mujyi wa Schoharie mu mujyi wa New York,muri USA, yataye umuhanda igongana n’indi yari iparitse bituma abantu bagera kuri 18...
8 October 2018 Yasuwe: 2117 0

Umugore wa Netanyahu uyobora Israeli yajyanwe mu nkiko azira ibiryo yaguze mu mafaranga ya Leta

Umugore wa Benjamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’intebe wa Israeli,Sarah Netanyahu yajyanwe mu nkiko kubera gusesagura umutungo w’igihugu ungana n’ibihumbi 80 by’amapawundi akajya mu ma...
8 October 2018 Yasuwe: 943 0

Pep Guardiola yatunguye benshi kubera amagambo yavuze kuri Mahrez wahushije Penaliti kuri Liverpool

Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola yatangarije abanyamakuru ko atari azi ko Riyad Mahrez ari umuswa mu gutera penaliti ariyo mpamvu yemeye ko atera penaliti ku munsi w’ejo bakina na...
8 October 2018 Yasuwe: 2178 0

Kakule Mugheni Fabrice yandagaje bikomeye Kiyovu Sports n’umuyobozi wayo asingiza Rayon Sports

Uwahoze ari kapiteni wa Kiyovu Sports Kakule Mugheni Fabrice yavuze ko perezida wa Kiyovu Sports Kayumba Jean Pierre atari ku rwego rwo kuyiyobora ndetse nibakomezanya izajya mu cyiciro cya...
7 October 2018 Yasuwe: 7615 1

Abagore 2 bashatse kurwanira mu ndege bapfa ko umwe yonsaga umwana we iruhande rw’umugabo w’undi

Umugore witwa Reka Nyari ukomoka muri USA, yatangaje ko yashwanye n’umugore mugenzi we bapfa ko yonsaga umwana we mu ndege hafi y’umugabo we ndetse amushinja ko yari agamije kumumutwara amwereka...
7 October 2018 Yasuwe: 3679 0

Abashakashatsi batangaje ingano nyayo y’igitsina cyafasha abagabo gutera inda ku buryo bworoshye

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bafite ibitsina bireshya nibura na sentimetero 13,4 batagira ibibazo byo gutinda kubyara ndetse batitabaza imiti n’inama z’abaganga kugira ngo babashe kubyara...
7 October 2018 Yasuwe: 3856 0

Inzu y’akataraboneka Harry Kane akodesha ibihumbi 15 by’amapawundi iri guca ibintu hirya no hino [AMAFOTO]

Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham,Harry Kane, aba mu nzu y’akataraboneka akodesha akayabo ka miliyoni zisaga 15 z’amafaranga y’u Rwanda ku cyumweru kimwe kigizwe n’iminsi 7...
7 October 2018 Yasuwe: 3206 0

Melania Trump yatangaje ikintu gikunze gutuma ashwana na perezida Donald Trump

Umufasha wa Perezida wa USA,Donald Trump witwa Melania Trump yatangaje ko ajya ahisha telefoni y’uyu mugabo we kugira ngo amubuze gukoresha Twitter cyane ko adakunda ibyo ayitangarizaho ndetse ibi...
7 October 2018 Yasuwe: 2247 0
0 | ... | 22190 | 22200 | 22210 | 22220 | 22230 | 22240 | 22250 | 22260 | 22270 | ... | 24580