skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Bamwe mu bakinnyi ba Manchester United biyunze kuri Paul Pogba kugira ngo birukanishe Jose Mourinho

Byamaze kumenyekana ko bamwe mu bakinnyi ba Manchester United barimo Anthony Martial na Eric Bailly n’abandi, biyunze kuri Paul Pogba kugira ngo bashyire hasi umutoza wabo Jose Mourinho,asohoke...
27 September 2018 Yasuwe: 3955 0

Umusirikarekazi yaciye ibintu hirya no hino kubera amafoto yifotoje yambaye utwenda dukurura abagabo ateruye Machine...

Umusirikarekazi witwa Shannon Ihrke ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyize hanze amafoto yambaye utwenda dukurura abagabo ndetse afashe n’imbunda bituma benshi bacika ururondogoro...
27 September 2018 Yasuwe: 5174 1

UEFA yafashe umwanzuro ku ikarita itukura Cristiano Ronaldo aherutse guhabwa muri UEFA Champions...

Akanama gashinzwe imyitwarire ka UEFA kamaze gutangaza ko katazafatira ibihano Cristiano Ronaldo nyuma y’ikarita itukura yahawe ku mukino Juventus iheruka gutsinda Velencia muri UEFA Champions...
27 September 2018 Yasuwe: 4771 0

Hakozwe imodoka izajya ihinduka indege [AMAFOTO]

Ku nshuro ya mbere abahanga mu gukora imodoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika bakoze imodoka igiye kuzajya ihinduka indege ikaguruka mu gihe nyirayo abishatse,izashyirwa ku isoko umwaka...
27 September 2018 Yasuwe: 2951 0

Hamisa Mobetto yatangaje amagambo yabwiwe na Diamond yatumye yemera ko baca inyuma Zari

Umunyamideli Hamisa Mobeto yatangarije imwe mu maradiyo yo muri Tanzania ko yahoze yiteguye gusangira Diamond n’uwahoze ari umukunzi we Zari cyane ko uyu muhanzi Diamond yamubwiye ko ari...
27 September 2018 Yasuwe: 7653 0

Eden Hazard yatangaje amagambo N’golo Kante yamubwiye yamufashije gutsinda Liverpool igitego kidasanzwe

Umukinnyi Eden Hazard ukina asatira mu ikipe ya Chelsea yatangaje ko mbere y’uko yinjira mu kibuga asimbuye ku mukino baraye batsinzemo Liverpool ibitego 2-1 mu gikombe cya Carabao Cup,N’golo Kante...
27 September 2018 Yasuwe: 2069 0

Umugabo yagaragaye ari gusambanyiriza igipupe ku muhanda yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Umugabo utamenyekanye amazina ukomoka mu Bwongereza, yatunguye benshi ubwo yajyaga ku muhanda nyabagendwa yambaye ubusa ubusa buri buri ari gusambanya igipupe cyifashishwa mu gukora imibonano...
27 September 2018 Yasuwe: 2515 1

Mourinho na Paul Pogba bashwaniye mu myitozo kubera Instagram

Umwuka mubi hagati ya Jose Mourinho na Paul pogba ukomeje gufata indi ntera aho ku munsi w’ejo bagaragaye bari guterana amagambo mu myitozo biturutse ku mashusho uyu mufaransa yashyize ku rukuta...
27 September 2018 Yasuwe: 1825 0

Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura igikombe cy’ Agaciro iri kumwe na rutahizamu Sarpong waturutse muri Ghana...

Ku munsi w’ejo,Taliki ya 26 Nzeri 2018, nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura imikino y’Agaciro nyuma yo kunyagirirwa muri Nigeria na Enyimba FC ibitego 5-1,imyitozo...
27 September 2018 Yasuwe: 1705 0

Mashami Vincent yakoze impinduka enye mu bakinnyi yahamagaye mu Mavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze guhamagara urutonde rw’abakinnyi 27 bagomba gutangira umwiherero wo kwitegura umukino w’umunsi wa gatatu n’uwa kane mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cya...
26 September 2018 Yasuwe: 2215 0
0 | ... | 22280 | 22290 | 22300 | 22310 | 22320 | 22330 | 22340 | 22350 | 22360 | ... | 24580