skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwarimukazi w’imikino ngororamubiri yatangaje ukuntu kunywa inkari ze mu gitondo byamugiriye akamaro

Umwarimukazi wigisha umukino ngororamubiri wa Yoga witwa Kayleigh Oakley w’imyaka 33 yatangaje ko kunywa inkari ze buri gitondo byamuvuye umunaniro ukabije yahoranaga ndetse bituma isura ye iba...
25 September 2018 Yasuwe: 2152 0

Umusore wifotoje yicaye hejuru y’ingona ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]

Umunya Denmark witwa Niels Jensen ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto n’amashusho yashyize hanze yicaye hejuru y’ingona ubwo yari yatembereye mu gihugu cya...
25 September 2018 Yasuwe: 2378 0

Umugabo watawe n’umugore we kubera umubyibuho ukabije yashyize hanze amafoto agaragaza ukuntu yananutse ku buryo bukomeye...

Umugabo witwa Stephen Ringo w’imyaka 38 wahuye n’uruva gusenya kubera umubyibuho we ukabije watumye umugore we amusiga kubera ko atashoboraga gutera akabariro,yagaragaje amafoto ye agaragaza...
25 September 2018 Yasuwe: 3633 0

Perezida wa Real Madrid yatangaje amakuru atangaje kuri Cristiano Ronaldo

Perezida wa Real Madrid, Florentino Perez,yatangarije abafana ba Real Madrid bakundaga Cristiano Ronaldo cyane ko umunsi umwe azagaruka muri iyi kipe yitangiye akayihesha ibikombe...
25 September 2018 Yasuwe: 2754 0

Umwarimu wo muri Kaminuza yahanuye umugore we ku nzu y’igorofa rya kane

Umugore w’umunyamategeko ukomoka muri Brazil witwa Tatiane Spitzner w’imyaka 29 yahuye n’uruva gusenya ubwo yashwanaga n’umugabo we witwa Luis Felipe Manvailer,birangira amusunitse hasi y’inzu...
25 September 2018 Yasuwe: 3228 0

Umugore w’umukinnyi ukomeye muri Espagne yifotoje yambaye ubusa buri buri [AMAFOTO]

Umunyamakurukazi witwa Tamara Gorro w’imyaka 31 usanzwe ari umugore wa myugariro witwa Ezequiel Garay ukinira ikipe ya Valencia muri Espagne ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentina,yifotoje yambaye...
25 September 2018 Yasuwe: 2481 0

Messi yakoreye Cristiano Ronaldo igikorwa benshi batatekerezaga

Kabuhariwe Lionel Messi yatunguye benshi ubwo mu bakinnyi 3 yatoye mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wa FIFA harimo Cristiano Ronaldo bamaze imyaka 10 bahatana mu makipe yabo ndetse no...
25 September 2018 Yasuwe: 6355 1

Rutahizamu uturutse muri Ghana yageze mu Rwanda kumvikana na Rayon Sports

Rutahizamu w’umunya Ghana witwa Michel Sarpong bakunda kwita Balotelli yasesekaye I Kigali mu rukererera rwo kuri uyu wa kabiri aho aje mu biganiro n’ikipe ya Rayon...
25 September 2018 Yasuwe: 2387 0

Luka Modric yigaranzuye Messi na Ronaldo yegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi

Umunya Croatia Luka Modric yubitse ubwami bwa Cristiano Ronaldo na Messi bari bamaze imyaka 10 bayoboye isi muri ruhago,abatwara igikombe cy’umukinnyi mwiza ku isi mu mwaka wa...
24 September 2018 Yasuwe: 1503 0

Gahunda y’uko amakipe azahura mu mikino y’Agaciro Development Fund uyu mwaka yamenyekanye

Ubuyobozi bw’ikigega Agaciro Development Fund bwatangaje ko guhera kuwa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018 kugeza tariki ya 30 Nzeli 2018, kuri sitade Amahoro i Remera hazaba hakinirwa imikino ngaruka...
24 September 2018 Yasuwe: 2034 0
0 | ... | 22300 | 22310 | 22320 | 22330 | 22340 | 22350 | 22360 | 22370 | 22380 | ... | 24580