skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

FERWAFA yongeye gusubiza umukino wa Super Cup I Rubavu nyuma y’amahano yahabereye mu mwaka ushize

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryamaze kwemeza ko umukino wa Super Cup ugomba guhuza APR FC yatwaye shampiyona na Mukura VS yatwaye igikombe cy’Amahoro,uzabera I Rubavu,tariki...
21 September 2018 Yasuwe: 984 0

Umuhungu n’umukobwa basinze basambanira imbere ya rubanda ku mucanga [AMAFOTO]

Ba mukerarugendo bo mu Bwongereza bari mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko bakoze amahano ku wa mbere w’iki cyumweru nyuma yo kunywa inzoga nyinshi bagasinda aho bakuyemo imyenda batangira...
21 September 2018 Yasuwe: 5229 0

Abakinnyi 6 bavukiye mu miryango ikize cyane bagahitamo gukina umupira w’amaguru [AMAFOTO]

Nubwo benshi mu bakinnyi bakunze kuvuga ubuzima bugoye banyuzemo ndetse bigatuma benshi babagirira impuhwe,hari abavukiye mu miryango ikize bigatuma ababyeyi babo bibaza impamvu berekeje muri...
21 September 2018 Yasuwe: 5141 0

Manzi Thierry yatangaje ibanga bazakoresha kugira ngo basezerere Enyimba FC

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Manzi Thierry wagarutse mu kibuga nyuma y’imikino 2 ishize yarahagaritswe yatangaje ko biteguye kwitanga bishoboka ndetse bagakoresha neza amahirwe bazabona imbere...
21 September 2018 Yasuwe: 1412 0

Cristiano Ronaldo yahaye ubutumwa bukomeye umuhungu we wavuze ko azamurusha ibigwi muri ruhago

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yabwiye umuhungu we w’imfura Cristiano Jr ko bitazamworohera kugera ikirenge mu cye nubwo ku myaka ye akomeje kwereka benshi ko...
21 September 2018 Yasuwe: 2669 0

Rutanga yemerewe gukina umukino wa Enyimba FC ku munota wa nyuma

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yandikiye Rayon Sports, igaragaza ko Mukunzi Yannick ariwe mukinnyi wenyine utemerewe gukina umukino wa Rayon Sports na Enyimba FC,biha...
21 September 2018 Yasuwe: 1958 2

Ubushakashatsi bwagaragaje uko benshi mu bagabo biyumva nyuma yo gutera akabariro

Ubushakashatsi bwakorewe ku bagabo bagera ku 1,200 bakomoka mu bihugu bitandukanye nka Australia,USA, UK, Russia, New Zealand n’Ubudage bwagaragaje ko 40 ku ijana barakara cyane ndetse bakanicuza...
20 September 2018 Yasuwe: 5687 0

Umugabo yajugunye umwana we mu itanura ry’umuriro arapfa

Umunya Kenya witwa Joseph Ndirangu ukomoka muri Kenya mu ntara yitwa Nakuru yatawe muri yombi azira kujugunya umwana we w’imyaka 3 mu muriro yari acanye amuhoye ko nyina...
20 September 2018 Yasuwe: 1779 0

James Milner yatangaje aho urwango rukomeye yanga Manchester United rwakomotse

Umwongereza James Milner uri kwitwara neza muri Liverpool nubwo ashaje,yatangaje ko se umubyara wakuze afana Leeds United yamusabye kutazigera yambara imyenda y’umutuku byatumye akura yanga...
20 September 2018 Yasuwe: 1468 0

Umugore yarize ayo kwarika ubwo yamenyaga ko umugabo we amaze gusambana n’abagore 341 nyuma y’uko bashyiranwe

Umugore witwa Brandi Maxiell w’imyaka 35 yaririye imbere y’abanyamakuru ubwo yamenyaga ko umugabo we amaze kumuca inyuma ku bagore 341 nyuma yo gusezerana imbere y’Imana no mu...
20 September 2018 Yasuwe: 2630 0
0 | ... | 22340 | 22350 | 22360 | 22370 | 22380 | 22390 | 22400 | 22410 | 22420 | ... | 24580