skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kylian Mbappe yatangaje inkomoko y’ukuntu yishimira igitego atsinze

Rutahizamu wa PSG Kylian Mbappe ukunzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera ubuhanga afite kandi akiri muto,yatangaje ko ukuntu yishimira igitego yipfumbase yabikomoye ku muvandimwe we ubwo...
18 September 2018 Yasuwe: 1982 0

Gareth Bale yahaye ubutumwa bukomeye Loris Karius wafashije Real Madrid gutsinda Liverpool

Rutahizamu Gareth Bale yabwiye umunyezamu Loris Karius wamuhaye igitego ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League batsinzemo Liverpool ibitego 3-1 I Kiev ko akwiriye gukomera ntacike intege.
18 September 2018 Yasuwe: 1644 0

Uburanga bwa Victoria Bonya uri mu rukundo na Marouane Fellaini ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucaracara amafoto agaragaza ubwiza bw’umukobwa witwa Victoria Bonya, watwaye umutima wa Marouane Fellaini ukina hagati mu ikipe ya Manchester United.
18 September 2018 Yasuwe: 1271 0

Mohamed Salah yatangaje intego Liverpool ifite uyu mwaka bituma ahabwa urw’amenyo n’abakunzi ba ruhago

Rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gutwara igikombe cya shampiyona ya Premier League ndetse na UEFA Champions League uyu mwaka kubera abakinnyi bashya...
18 September 2018 Yasuwe: 1241 1

Benjamin Mendy yakoze benshi ku mutima kubera igikorwa cy’urukundo yakoreye umufana wa Manchester City[AMAFOTO]

Umufaransa Benjamin Mendy ukina yugarira ku ruhande rw’ibumoso,yakoreye igikorwa cyiza umufana wa Manchester City witwa Ben Kielty wamusabye ko bifotozanya agahita amwinjiza ku mukino baherutse...
18 September 2018 Yasuwe: 1001 0

Urugamba rwo guhagarika Real madrid yigaruriye UEFA Champions League ruratangira uyu munsi

Kuri uyu wa Kabiri,nibwo hatangira imikino y’amatsinda ya UEFA Champions League 2018/2019 aho amakipe yose uko ari 31 agiye kurwana urugamba rwo guhagarika Real Madrid imaze imyaka 3 yarigaruriye...
18 September 2018 Yasuwe: 749 0

Muvunyi Paul yashimiye byimazeyo Robertinho umaze guhindura cyane Rayon Sports

Umuyobozi wa Rayon Sports Muvunyi paul yashimiye byimazeyo umunya Brazil Roberto Oliveira Goncalves do carmo ukomeje gutuma Rayon Sports itera umupira umupira utari umupapirano kuva yayigeramo.
17 September 2018 Yasuwe: 2963 0

Umugabo yicishijwe umupanga azira kwishyingira ku ngufu umukobwa wo mu baherwe

Umugabo w’umuhindi witwa Pranay Kumar w’imyaka 24, yishwe n’abagizi ba nabi ari kumwe n’umugore we utwite Amrutha Varshini w’imyaka 23 yashatse ku ngufu nyuma y’aho iwabo bamumwimye kubera ko...
17 September 2018 Yasuwe: 3465 0

Gareth Bale yavuze amagambo atangaje kuri Real Madrid itarimo Cristiano Ronaldo

Rutahizamu Gareth Bale yatangaje ko Real Madrid ifite umwuka mwiza kubera ko nta Cristiano Ronaldo ifite ndetse abakinnyi bose bahuje imbaraga kurusha uko bagenderaga ku mukinnyi umwe.
17 September 2018 Yasuwe: 1991 0

Lionel Messi yatangaje umukinnyi wasimbuye Xavi na Iniesta mu kumufasha kwitwara neza muri FC Barcelona

Benshi batekerezaga ko Luis Suarez ariwe uzasimbura Iniesta mu guha Messi imipira ndetse no kumufasha gutsinda ibitego,ariko Messi yatangaje ko myugariro Jordi Alba ariwe usigaye umufasha gukina...
17 September 2018 Yasuwe: 3802 0