skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Juventus yahaye umukinnyi ukomeye Manchester United kugira ngo bagurane yisubize Paul Pogba

Ikipe ya Juventus yamaze gutangaza ko yiteguye guhereza ikipe ya Manchester United rutahizamu wayo ukomeye Paulo Dybala kugira ngo bayiguranire bayihe Umufaransa Paul Pogba wigaragaje cyane mu...
16 September 2018 Yasuwe: 4214 0

Umunyamideli yagerageje kwiyahura kubera uburwayi yagize bwatumye abura umusatsi wose [AMAFOTO]

Umunyamideli ukomoka muri Australia witwa Lara Kitchen w’imyaka 22 yashyize hanze amafoto yababaje benshi ari mu bitaro nyuma yo kwiyahura abitewe no kurwara indwara yitwa alopecia ituma umuntu...
16 September 2018 Yasuwe: 2888 0

Umugore yafashe umugabo we aryamanye na nyirasenge nyuma y’ibyumweru bike bakoze ubukwe

Umugore w’Umwongereza witwa Kim Elkins w’imyaka 33,yahuye n’uruva gusenya ubwo yafataga nyirasenge Lorraine Esslemont aryamanye n’umugabo we bari bamaze ibyumweru 6...
16 September 2018 Yasuwe: 4362 0

Carlos Tevez yatangaje itandukaniro ry’imyitozo Cristiano Ronaldo na Messi bakora

Carlos Tevez yatangaje ukuntu Messi na Ronaldo batandukanye mu myitozo bakora aho yemeje ko Messi bakinanaga mu ikipe ya Argentina we yibanda ku kugumana umupira ku kirenge mu gihe Ronaldo we...
16 September 2018 Yasuwe: 2684 0

Umunyeshuli w’imyaka 26 yishwe n’igifi cya Shark ubwo yari ku mucanga wa Cape Cod

Umunyeshuli witwa Arthur Medici ukomoka muri Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo yaribwaga n’igifi cya shark cyamusanze ku mucanga wa Cape Cod uherereye muri leta ya Massachusetts,...
16 September 2018 Yasuwe: 1688 0

Maurizio Sarri yateje impaka mu bakunzi ba ruhago kubera ibyo yavuze kuri Hazard

Umutoza Maurizio Sarri yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse no mu binyamakuru kubera ibyo yatangaje ko rutahizamu we Eden Hazard azatsinda ibitego 40...
16 September 2018 Yasuwe: 1882 1

David Beckham arifuza kuzagura Lionel Messi akamuvana muri FC Barcelona

Umuherwe David Beckham uherutse gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru muri USA yitwa Inter Miami,arifuza kuzatangira shampiyona ye ya mbere mu mwaka wa 2020 mu bakinnyi babanza mu kibuga harimo...
16 September 2018 Yasuwe: 1279 0

Robertinho yatangaje impamvu ikomeye irafasha Rayon Sports gutsinda Enyimba FC

Umutoza wa Rayon Sports yatangaje ko imyitozo amaze iminsi akoresha abakinnyi n’ukuntu bateguye abakinnyi mu mutwe ariyo mpamvu ikomeye iratuma babasha kwigaranzura ikipe ya Enyimba, mu mukino...
16 September 2018 Yasuwe: 1889 0

Umugabo wari umaze imyaka 24 yarabuze urubyaro yaguye igihumure akimara kumva ko umugore we yabyaye abana batanu...

Umugabo ukomoka muri Uganda yaguye igihumure akimara kumva ko umugore we witwa Honoratha Nakato yabyaye abana b’impanga 5 nyuma y’imyaka 24 barabuze urubyaro.
15 September 2018 Yasuwe: 3213 0

Vertonghen yashinze urutoki mu jisho rya Firmino hafi yo kurimena [AMAFOTO]

Umukinnyi Roberto Firmino yavuye mu kibuga ku munota wa 75 nyuma yo gushingwa urutoki mu maso na myugariro Jan Vertonghen mu mukino wa shampiyona y’Ubwongereza Premier League yakinwaga ku munsi...
15 September 2018 Yasuwe: 2167 0
0 | ... | 22390 | 22400 | 22410 | 22420 | 22430 | 22440 | 22450 | 22460 | 22470 | ... | 24580