skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Abantu 6 bahitanywe n’uburozi bahawe na pasiteri wabo [AMAFOTO]

Umupasiteri witwa Ruffus Phala ukomoka muri Afrika y’Epfo ari guhigwa bukware na polisi kubera imiti aherutse kunywesha abayoboke be 10 none 6 mu bayinyoye bamaze kuhasiga ubuzima abandi 4...
15 September 2018 Yasuwe: 3128 1

Naby keita yatangaje izina ry’ umukinnyi wa Chelsea papa we yakundaga kumwita

Umukinnyi Naby Keita ukina hagati mu ikipe ya Liverpool yatangaje ko se umubyara yakudaga kumwita Deco iyo yabaga ari gukina mu gace k’iwabo muri Guinea.
15 September 2018 Yasuwe: 1271 0

Umwana yicishije mukase inkota nyuma yo kureba filimi y’indwanyi z’aba Samourai

Umwana witwa Rueben Brathwaite w’imyaka 17 ukomoka muri Wales yakoze amahano ubwo yicaga mukase amukase ingoto n’inkota nyuma yo kureba filimi yuzuyemo urugomo rw’indwanyi z’Abayapani zitwa...
15 September 2018 Yasuwe: 2022 0

Umukobwa watorewe kugira ikibuno cyiza yashyize hanze amafoto ashotora abagabo yambaye imyenda ya FC Barcelona mu rwego rwo...

Nyampinga witwa Suzy Cortez watorewe kugira ikibuno cyiza muri Brazil muri 2015,ari mu byishimo bidasanzwe kubera ko kabuhariwe Lionel Messi wari waranze kumubera inshuti (Follow) ku rubuga rwa...
15 September 2018 Yasuwe: 4748 0

William Gallas wahoze ari kapiteni wa Arsenal yahishuye ukuntu Senderos yatinyaga Drogba bikomeye

Umufaransa William Gallas wahoze ari kapiteni wa Arsenal yavuze ko iyo Chelsea yajyaga guhura na Arsenal,myugariro Philippe Senderos bakinanaga ukomoka mu Busuwisi yagiraga ubwoba bwinshi mbere...
15 September 2018 Yasuwe: 3264 0

Uwahoze ari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi yavuze ukuntu yaguye kuri Messi ari kuririra mu bubiko

Elvio Paolorosso wahoze ari umutoza wongerera ingufu abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Argentina,yatangaje ko ubwo batsindwaga na Chile ku mukino wa Copa America 2016 yasanze Lionel Messi ari mu...
15 September 2018 Yasuwe: 2160 0

Muvunyi Paul yasuye abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo ya nyuma yo kwitegura Enyimba [AMAFOTO]

Umuyobozi wa Rayon Sports Muvunyi Paul yasuye ikipe mu myitozo ya nyuma yo kwitegura Enyimba yabaye ku munsi w’ejo kuri stade ya Kigali aho yifurije intsinzi abakinnyi ndetse abasaba gukomeza...
15 September 2018 Yasuwe: 1563 0

Enyimba yaraye igeze mu Rwanda yakaniye gutsinda Rayon Sports [AMAFOTO]

Ikipe ya Enyimba FC yaraye igeze mu Rwanda saa 21h00, ije gukina na Rayon Sports umukino ubanza wa 1/4 cya Total CAF Confederation Cup 2018,yatangaje ko itaje kujenjekera Rayon Sports ahubwo ije...
15 September 2018 Yasuwe: 1023 0

Umugore wa Boateng yatunguye benshi kubera ibyo yatangaje kuri Cristiano Ronaldo

Umunyamideli Melissa Satta w’imyaka 32, usanzwe ari umugore wa Kevin Prince Boateng ukinira Sassuolo yatangaje ko atazi Cristiano Ronaldo ndetse ko we aba yitaye ku mugabo we...
14 September 2018 Yasuwe: 4236 0

Umukinnyi yateye umusifuzi umugeri wo mu mutwe ata ubwenge[ AMAFOTO]

Umunya Brazil witwa Alcione Marcelino w’imyaka 34 ukina hagati mu ikipe ya Atletico Brasileense yakubise umugeri wo mu mutwe umusifuzi witwa Marcos Nogueira wabasifuriraga umukino bari bahuye...
14 September 2018 Yasuwe: 2106 0
0 | ... | 22400 | 22410 | 22420 | 22430 | 22440 | 22450 | 22460 | 22470 | 22480 | ... | 24580