skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Lionel Messi yatangaje umukinnyi wasimbuye Xavi na Iniesta mu kumufasha kwitwara neza muri FC Barcelona

Benshi batekerezaga ko Luis Suarez ariwe uzasimbura Iniesta mu guha Messi imipira ndetse no kumufasha gutsinda ibitego,ariko Messi yatangaje ko myugariro Jordi Alba ariwe usigaye umufasha gukina...
17 September 2018 Yasuwe: 3792 0

N’golo Kante yongeye gukora igikorwa cyiza cyashimishije benshi mu bakunzi ba ruhago

Umukinnyi N’golo Kante ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakinnyi bicisha bugufi ku isi kubera ukuntu yasuye abafana baturanye bagasangira ndetse...
17 September 2018 Yasuwe: 3141 0

Tiwa Savage yasohowe nabi muri hoteli yari acumbitsemo muri Kenya

Umuhanzikazi w’umunya Nigeria ukunzwe na benshi Tiwa Savage yasohowe nabi muri Hoteli yari acumbitsemo mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, bitewe n’uko abamutumiye mu gitaramo cyo gushyira hanze...
17 September 2018 Yasuwe: 3831 0

Umwana wa David Beckham yashyize hanze ifoto ya nyina yambaye ubusa hejuru [AMAFOTO]

Umuhungu mukuru wa David Beckham witwa Brooklyn, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoze ashyira hanze ijoto ya nyina Victoria yambaye ubusa...
17 September 2018 Yasuwe: 2475 0

Umugizi wa nabi yakubitiye muri hoteli umugore amwangiza isura amuhoye ko yanze ko baryamana

Umugore witwa Emma Higginson w’imyaka 35 ukomoka mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo umugizi wa nabi witwa Marshall yamusangaga muri Hoteli yari acumbitsemo muri Turkia amusaba ko baryamana...
17 September 2018 Yasuwe: 2795 1

Zlatan Ibrahimovic yatangaje benshi kubera izina yiyise nyuma yo gutsinda igitego cya 500

Rutahizamu ukomoka muri Sweden Zlatan Ibrahimovic yatunguye abakunzi ba ruhago kubera zina yiyise nyuma yo gutsinda igitego cya 500 mu mateka ye,aho yiyise “Imana...
17 September 2018 Yasuwe: 1432 0

Gareth Bale yashyize avuga byinshi ku burakari yatewe na Zinedine Zidane ku mukino wa Liverpool

Rutahizamu Gareth Bale ukinira ikipe ya Real Madrid yavuze ko atishimiye uburyo uwahoze ari umutoza we Zinedine Zidane yahisemo kumwicaza ku ntebe y’abasimbura ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions...
17 September 2018 Yasuwe: 1648 0

Mukunzi Yannick yerekeje mu igeragezwa muri Sweden

Umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane n’abafana ba Rayon Sports Mukunzi Yannick yamaze kubacika yerekeza mu igeragezwa mu cyiciro cya kabiri muri Sweden we na Mubumbyi Barnabbe aho bivugwa ko bazakora...
17 September 2018 Yasuwe: 2091 0

Cristiano Ronaldo yongeye kwerekana ko ari rutahizamu ukomeye

Nyuma yo kubura ibitego mu mikino 3 ifungura Serie A bigatuma abantu batangira kumushidikanyaho,Cristiano Ronaldo yongeye kwerekana ko ari umwami mu gutsinda ibitego kuko yafashije Juventus...
16 September 2018 Yasuwe: 4066 0

Umunyezamu wa Enyimba FC abujije Rayon Sports gushimisha abafana bayo

Rayon Sports yayoboye umukino kuva utangiye kugeza urangiye,inganyije 0-0 na Enyimba FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza cya CAF Confederations Cup,waranzwemo kwigaragaza gukomeye k’umunyezamu...
16 September 2018 Yasuwe: 3719 0
0 | ... | 22380 | 22390 | 22400 | 22410 | 22420 | 22430 | 22440 | 22450 | 22460 | ... | 24580