skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Nemanja Matic yakoze ku mitima ya benshi kubera igikorwa cy’urukundo yakoze

Umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yakoze ku mitima ya benshi kubera igikorwa cyiza yakoze ubwo yahaga akayabo k’ibihumbi 63 by’Amapawundi umwana muto w’imyaka 4...
22 September 2018 Yasuwe: 1798 0

Perezida wa Real Madrid yatangaje impamvu ikomeye yatumye agurisha Cristiano Ronaldo muri Juventus

Umuyobozi wa Real Madrid, Florentino Perez yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kugurisha Cristiano Ronaldo muri Juventus kubera ko ariyo yatanze amafaranga menshi kurusha ayandi...
22 September 2018 Yasuwe: 8315 0

FC Barcelona yakoze igikorwa gikomeye kigaragaza ko ishaka Paul Pogba

Ikipe ya FC Barcelona yari imaze iminsi ihisha ko ishaka umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Manchester United,yafatiwe mu cyuho ubwo bamwe mu bashinzwe kureba imikinire...
22 September 2018 Yasuwe: 1935 0

Umusore yagwiriwe n’igiti arapfa ubwo yari agiye kwambika impeta umukunzi we

Umusore ukomoka mu gihugu cya Ireland y’amajyaruguru witwa Matt Campbell w’imyaka 24,yahuye n’uruva gusenya ubwo yari agiye kwambika impeta y’urukundo umukunzi we,akagwirirwa n’igiti kubera umuyaga...
22 September 2018 Yasuwe: 2868 0

Umusaza n’umuhungu we barashe umuturanyi wabo bamuhoye matela yabishyuzaga

Umusaza witwa John Miller w’imyaka 67 n’umuhungu we Michael Miller ufite imyaka 31 bakomoka muri USA barashe umuturanyi wabo witwa Aaron Howard bamuhoye ko yaje kubaka Matela bari...
22 September 2018 Yasuwe: 1031 1

Lionel Messi yashimishije benshi mu bakunzi ba ruhago kubera umwanzuro ukomeye yafashe

Rutahizamu Lionel Messi wa FC Barcelona yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago ubwo yatangazaga ko azitabira umuhango wo guhemba umukinnyi witwaye neza ku isi mu mwaka w’imikino ushize nubwo atari...
22 September 2018 Yasuwe: 5324 0

Umukobwa ufite ikibuno cyiza muri Brazil yashotoye abagabo yambaye umupira wa FC Barcelona [AMAFOTO]

Umufana wa FC Barcelona na Messi by’umwihariko, ukomoka muri Brazil witwa Suzy Cortez watorewe kugira ikibuno cyiza kurusha abandi muri Brazil,yashyize kuri Instagram amafoto menshi ashotora...
21 September 2018 Yasuwe: 9785 1

Umwicanyi w’umugore yateraguye icyuma abana b’impinja batatu n’ababyeyi babo

Umwicanyi w’umugore w’imyaka 52 yaraye ateraguye ibyuma abana b’impinja batatu n’abantu bakuru 2 mu mujyi wa New York,atabwa muri yombi ari kugerageza kwiyahura.
21 September 2018 Yasuwe: 1811 0

Umuraperi 2 PAC byavugwaga ko yapfuye ngo atuye mu gihugu cya Cuba

Umugabo ushinzwe umutekano witwa Michael Nice yatangaje ko nubwo abatuye isi bazi ko Tupac Shakur yapfuye,we azi ko ari muzima kuko yamufashije guhunga Las Vegas akerekeza muri Cuba,ubwo...
21 September 2018 Yasuwe: 18045 2

Uwahoze acurangira Beyonce yamushinje gukoresha amarozi

Umugore witwa Kimberly Thompson wahoze acurangira umuririmbyi Beyonce Knowles yashinje Beyonce mu rukiko ko akoresha amarozi ndetse no kumukorakora ku myanya y’ibanga atabishaka ubwo yari umukozi...
21 September 2018 Yasuwe: 1453 0
0 | ... | 22330 | 22340 | 22350 | 22360 | 22370 | 22380 | 22390 | 22400 | 22410 | ... | 24580