skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwicanyi yarashe abanyamakuru 5 barapfa abaziza kumusebya

Umugabo w’imyaka 38 witwa Jarrod W. Ramos yishe yarashe 5 abanyamakuru b’ikinyanyamakuru Capital Gazette cyo muri USA abahora ko bamwanditseho inkuru imusebya ko yiziritse ku mugore ndetse...
29 June 2018 Yasuwe: 1178 0

Umtiti yatangaje byinshi kuri Messi bazahura ku munsi w’ejo

Umukinnyi Samuel Umtiti yatangaje ko nta buryo buhambaye afite bwo guhagarika kabuhariwe Lionel Messi mu mukino wa 1/16 cy’irangiza mu gikombe cy’isi ikipe ye y’Ubufaransa izahura na Argentina ku...
29 June 2018 Yasuwe: 3091 0

Icyateye Marcelo kuvunika umugongo ntarangize umukino wa Serbia cyamenyekanye

Myugariro Marcelo w’ikipe ya Brazil wavunikiye mu mukino wahuje Brazil na Serbia ku wa 3 hashize iminota 10 gusa umukino utangiye,yavunwe na matora mbi yarayeho muri hoteli mbere y’uko uyu mukino uba.
29 June 2018 Yasuwe: 3052 1

Umugore yarashe umugabo wateretaga umwana we w’imyaka 14 mu ibanga

Umugabo witwa Troy George Skinner ukomoka muri New Zealand yahuye n’uruva gusenya ubwo yaraswaga na nyina w’umwana w’umukobwa w’imyaka 14 yaterese bahuriye ku mbuga nkoranyambaga bikarangira aJe...
29 June 2018 Yasuwe: 1137 0

Impamvu Ubwongereza bwitsindishije umukino w’Ububiligi yamenyekanye

Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yaraye inenzwe na benshi kubera kwitwara nabi igatsindwa n’Ububiligi igitego 1-0 mu mukino wa 3 wo mu itsinda G,mu rwego rwo kwirinda kuzahura na Brazil mu mikino...
29 June 2018 Yasuwe: 3482 0

Senegal yari isigaye ihagarariye umugabane w’Afurika isezerewe kubera amakarita menshi y’imihondo yahawe

Ikipe ya Senegal yari ihanzwe amaso na benshi mu banyafurika ko nibura yo yagera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza,nayo isezerewe itarenze amatsinda nyuma yo gutsindwa na Colombia igitego 1-0.
28 June 2018 Yasuwe: 1038 0

Maradona yashoye akayabo mu guhiga umuntu wakwirakwije ibihuha bivuga ko yapfuye

Diego Armando Maradona wabaye icyamamare mu mupira w’amaguru mu gihugu cya Argentina yatangaje ko yiteguye guhemba akayabo k’ibihumbi 8340 by’amapawundi ku muntu uzamufasha kubona uwakwirakwije...
28 June 2018 Yasuwe: 2063 0

Umugabo n’umugore batereye akabariro mu gace kahariwe ubucuruzi rubanda rubareba [AMAFOTO]

Umugore n’umugabo bafashwe amashusho ku munsi w’ejo bari gukorera imibonano mpuzabitsina mu gace kahariwe kaberamo ubucuruzi (Quartier Commercial) mu mujyi wa Manchester abantu babareba,niko...
28 June 2018 Yasuwe: 4940 0

Umwana w’imyaka 3 yishwe n’imashini imesa yihishemo ubwo yakinaga umukino wo kwihisha mushiki we

Umwana wo muri Poland w’imyaka 3 witwa Marcel wakinaga umukino wo kwihisha (hide and seek) na mushiki we,yamwihishe mu mashini imesa imyenda bimuviramo urupfu.
28 June 2018 Yasuwe: 1719 0

Umukinnyi wa filimi yatangaje ko agiye gushyingiranwa n’igipupe cyifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina

Umunya Nigeria witwa Benjamin Nwachukwu uzwi mu gukina filimi zirimo izisekeje yatangaje ko agiye gushyingiranwa n’irobo cyangwa igipupe cyifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina.
28 June 2018 Yasuwe: 2257 1