skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Abanya Kenya batunguye benshi kubera ikintu basabye Keri Hilson ko yazabazanira ubwo azaba aje kubataramira

Bamwe mu bakunzi ba muzika muri Kenya bandikiye umuhanzikazi Keri Hilson uri mu bakomeye muri USA bamusaba ko ubwo azaba aje kubataramira ku wa 03 Kanama uyu mwaka yazabazanira isukari yo muri USA...
25 June 2018 Yasuwe: 1496 0

Kiliziya gatolika yahagaritse umwaka wose umupadiri waririmbaga injyana ya Rap yambaye mu buryo budasanzwe [AMAFOTO]

Umupadiri ukomomoka muri Kenya witwa Paul Ogalo wo muri paruwasi ya St. Monica i Rapogi yahagaritswe umwakawose na kiliziya gatolika kubera kwigisha abantu akoresheje injyana ya Rap.
25 June 2018 Yasuwe: 3271 0

Messi yatangaje igihe azasezerera mu ikipe ya Argentina

Kabuhariwe Lionel Messi wakoze isabukuru yo kwizihiza imyaka 31 amaze ageze ku isi ku munsi w’ejo taliki ya 24 Kamena 2018,yatangarije abanyamakuru ko nubwo benshi batekereza ko azasezera ikipe ya...
25 June 2018 Yasuwe: 3518 0

FERWAFA yongeye gutuma abakunzi ba ruhago mu Rwanda bacika ururondogoro

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rimaze kwemeza ko umukino wagombaga guhuza Espoir FC na APR FC I Rusizi wimuriwe kuri stade Amahoro I Remera ibintu bitashimishije abakunzi ba ruhago mu...
25 June 2018 Yasuwe: 5198 5

Umutoza wa Lydia Ludic yashinje Rayon Sports gushaka kumuha ruswa mu mukino w’I Kigali wa CAF Champions League

Umutoza w’ikipe ya LLB witwa Banguwiha Emmanuel witwa Mayele yatangarije abanyamakuru b’I Burundi ko ikipe ya Rayon Sports yashatse kumuha amafaranga mbere yo guhura nayo mu mukino ubanza wa CAF...
25 June 2018 Yasuwe: 2906 4

Ibyo umutoza wa Iran yavuze kuri Cristiano Ronaldo byatunguye benshi

Umutoza wa Iran Carlos Queiroz yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru kubera amagambo yatangaje ko ikipe ya Portugal ifite umukinnyi umwe witwa Cristiano Ronaldo n’itsinda ry’abandi...
25 June 2018 Yasuwe: 3869 1

Senegal inganyije n’Ubuyapani biyibuza guhita ikatisha itike ya 1/16 cy’irangiza

Senegal ibuze gato ngo ibone itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’isi kuko Ubuyapani buyishyuye igitego cya kabiri yari yatsinze banganya ibitego 2-2 mu mukino wo mu itsinda H.
24 June 2018 Yasuwe: 1059 0

Ismaila Diarra yongeye gutsinda ibitego bitatu mu gihe APR FC yateye intambwe ikomeye iyerekeza ku gikombe

Mu mikino y’umunsi wa 29 ya shampiyona yabaye uyu munsi,ikipe ya Rayon Sports yatsinze Sunrise ibitego 4-0,Diarra yongera kwigaragaza atsinda 3,APR FC yatsinze ibitego 2-0 Gicumbi yiyongerera...
24 June 2018 Yasuwe: 2125 0

Filimi z’urukozasoni zatumye umugabo afata ku ngufu umukobwa bari kumwe mu modoka

Umugabo witwa Alnadar Ahmed w’imyaka 40 ukomoka mu Bwongereza yakatiwe gufungwa imyaka 12 kubera kureba filimi z’urukozasoni,zikamutera gufata ku ngufu umukobwa wamuteze kubera ko yatwaraga Taxi.
24 June 2018 Yasuwe: 4995 0

Munyaneza Didier yegukanye shampiyona y’igihugu y’umukino w’amagare mu gusiganwa mu kivunge

Umusore ukiri muto Munyaneza Didier yongeye gushimangira ko ashoboye ndetse ari ku rwego rwo hejuru ubwo yanikiraga ibihangange birimo Areruya Joseph, Hadi Janvier n’abandi, akegukana shampiyona...
24 June 2018 Yasuwe: 520 0