skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mohamed Salah yatangaje impamvu yatumye agaruka mu Bwongereza

Umukinnyi Mohamed Salah yatangaje ko yagarutse mu Bwongereza kugira ngo yereke ubuyobozi bwa Chelsea ko bwibeshye kumurekura mu buryo budakwiriye ndetse ko hari ibyo yari ashoboye.
11 May 2018 Yasuwe: 1275 0

Umugabo yakubiswe anambikwa ubusa kubera gufatirwa mu isoko ari kwiba

Umugabo wafatiwe mu isoko ari kwiba,yakubiswe iza akabwana,yambikwa ubusa ndetse ategekwa kuzenguruka umugi yambaye ubusa ndetse bamushyiraho icyapa cyanditseho ngo “Ndi umujura”
11 May 2018 Yasuwe: 973 0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafashe ibyemezo bikarishye mu nama ikomeye bwaraye bukoze

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwafashe ibyemezo bikomeye mu nama ikomeye yahuje abayobozi bayo mu ijoro ryakeye,aho bemeje ko visi perezida Muhirwa Prosper wari umaze iminsi ateza akavuyo mu...
11 May 2018 Yasuwe: 4570 3

Abagore 2 barwaniye ku kibuga cy’indege bapfa umugabo

Abagore babiri barwaniye ku kibuga cy’indege cyitwa Jose Cordova muri Colombia bapfa umugabo,aho umwe yahuye na mukeba we wari wararanye n’umugabo we ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize arafuha...
11 May 2018 Yasuwe: 2940 0

Jose Mourinho yongeye kwibasira abakinnyi ba Manchester United

Umutoza w’ikipe ya Manchester United yongeye kuvuga amagambo mabi ku bakinnyi ba Manchester United,ubwo yavugaga ko hari abakinnyi ifite batari ku rwego rwayo ndetse bagomba gusohoka hakinjira...
11 May 2018 Yasuwe: 1458 0

Meghan Markle ugiye gushyingiranwa n’igikomangoma Harry yakundanye n’umukinnyi wa filimi z’urukozasoni

Mbere y’uko Meghan Markle akundana n’igikomangoma Harry,yakundanye n’umugabo witwa Simon Rex wigeze kuba umukinnyi wa filimi z’urukozasoni ndetse abihererwa igihembo ndetse kuri ubu akaba ari...
11 May 2018 Yasuwe: 921 0

Masudi Juma na Haruna Niyonzima batwaye shampiyona mu mwaka wabo wa mbere muri Simba SC

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports ndetse wayifashije gutwara igikombe cya shampiyona umwaka ushize Masudi irambona Djuma na kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Niyonzima bafashije Simba SC...
11 May 2018 Yasuwe: 814 0

Kacyiru:Imodoka ya Toyota irahiye irakongoka [AMAFOTO]

Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota irahiye irakongoka ubwo yari igeze hafi y’ibiro bikuru bya polisi biherereye i Kacyiru mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali.
10 May 2018 Yasuwe: 4289 0

APR FC na AS Kigali zirindiriye Rayon Sports

Amakipe abiri ahataniye igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka ariyo AS Kigali na APR FC akoze amakosa anganya imikino yayo yo ku munsi wa 21 wa shampiyona,arindira Rayon Sports yanganyije na Mukura...
10 May 2018 Yasuwe: 1890 0

Umwana yazutse nyuma y’aho ababyeyi be bari bamaze kwemera ko bamubaga ibice bye by’umubiri bakabiha abandi bana barwaye

Umwana w’imyaka 13 witwa Trenton McKinley ukomoka muri Alabama muri USA,yatunguye abantu benshi kubera ko yazutse abaganga bamaze kuvuga ko yapfuye ndetse umuryango we umaze gusinya impapuro...
10 May 2018 Yasuwe: 2944 0