skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Romario yagiriye inama Gabriel Jesus yo gukora imibonano mpuzabitsina ihagije kugira ngo azitware neza mu gikombe cy’isi

Romario wafashije Brazil gutwara igikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 1994 cyabereye muri Brazil,yabwiye rutahizamu Gabriel Jesus w’imyaka 21, ko akwiye gukora imibonano mpuzabitsina bihagije kugira ngo...
10 May 2018 Yasuwe: 1123 0

Hateguwe inama y’igitaraganya yo kuzimya umuriro uri muri Rayon Sports

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwateteguye inama y’igitaraganya yo kuganira ku bibazo biyirimo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane,nyuma y’umwotsi uri kuyitutumbamo ushobora gukurikirwa n’umuriro...
10 May 2018 Yasuwe: 2300 0

Ivan Minnaert yafatanye mu mashati n’umwe mu bayobozi ba Rayon Sports

Ubwo ikipe ya Rayon Sports yari ivuye I Huye kunganya na Mukura VS 0-0,umutoza Ivan Minnaert yafatanye mu mashati na Vice President wa Rayon Sports uherutse guhanwa na CAF witwa Muhirwa Prosper...
10 May 2018 Yasuwe: 2714 1

Umugabo yarumye umwana we w’imyaka 4 kugeza amwishe

Polisi yo muri Indonesia yafunze umugabo w’imyaka 28 kubera kuruma umwana we w’imyaka 4 kugeza amwishe yarangiza akavuga ko yabonye ari mwiza cyane ku buryo yaribwa.
10 May 2018 Yasuwe: 1138 0

Umugore n’umugabo bafashwe bari gusambanira ku mucanga wa California [AMAFO

Umugabo n’umugore bafashwe amashusho ku manywa y’ihangu bari gusambanira ku mucanga wa California uri mu zisurwa na benshi.
10 May 2018 Yasuwe: 3875 0

Ababikira 2 batwitse abana bareraga ibiganza banabategeka gushyira imitwe yabo mu misarani

Ababikira babiri bo muri Colombia batawe muri yombi kubera ihohoterwa rikomeye bakoreye abana 65 bari bashinzwe kurera,ubwo babafata bakabatwika ibiganza ndetse bakabategeka gushyira imitwe yabo...
10 May 2018 Yasuwe: 1195 0

Rwatubyaye yishimiye kugaruka mu kibuga ari kapiteni wa Rayon Sports

Myugariro Rwatubyaye Abdul yatangaje ko yishimiye icyubahiro yahawe n’umutoza ndetse n’abakinnyi bagenzi be,ubwo yahabwaga igitambaro cy’ubukapiteni ku mukino wa Mukura VS yagaragayemo nyuma...
10 May 2018 Yasuwe: 882 0

Rayon Sports inganyije na Mukura VS biyishyira mu mazi abira

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitwara nabi muri shampiyona kuko yongeye kunganya na Mukura VS 0-0, biha amahirwe APR FC na AS Kigali ziyiri imbere.
9 May 2018 Yasuwe: 1272 1

Umwana w’amezi 18 yaciye mu rihumye mama we ahanuka mu idirishya ry’inzu arapfa

Umwana w’amezi 18 witwa Spencer ufite ababyeyi b’Abongereza Holly Bishop na Robert Devlin, yahanutse mu idirishya ry’inzu y’iwabo ubwo mama we yarimo akubura, ahita ahasiga ubuzima.
9 May 2018 Yasuwe: 1063 0

Buffon yatangaje abakinnyi 3 bamugoye mu bo yahuye nabo [AMAFOTO]

Umunyezamu w’Umutaliyani umaze imyaka itari mike mu kibuga Gianluigi Buffon yatangaje ko Cristiano Ronaldo,Lionel Messi na Ronaldo Luis Nazario de Lima aribo bakinnyi 3 bamugoye kurusha abandi bose...
9 May 2018 Yasuwe: 2031 0