skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwarimukazi yasambanye n’abanyeshuli be 3 barimo uwo yateye indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina

Umwarimukazi wigisha imyitozo ngororamubiri witwa Tiffany Eichler w’imyaka 36 ukomoka muri Ohio muri USA yahamwe n’icyaha cyo gusambana n’abanyeshuli be batatu barium umwe yasambaniye nawe mu biro...
6 May 2018 Yasuwe: 3827 0

Berahino yibasiriwe n’umugore yirukanye iwe mu gicuku amaze kumusambanya

Umukinnyi ukomoka mu Burundi Saido Berahino wa Stoke City, yongeye kugaruka mu bitangazamakuru avugwaho ubusambanyi,aho yibasiriwe n’umugore ufate abana 3 yasambanyije akamwirukana mu gicuku...
6 May 2018 Yasuwe: 3054 0

ISIS yongeye kwibutsa abakinnyi n’abafana bazitabira igikombe cy’isi ko izabibasira

Umutwe w’iterabwoba umaze kumenyekana ku isi yose ISIS,wongeye kwibutsa abantu bose bazitabira imikino y’igikombe cy’isi ibura ukwezi kumwe ngo itangire,ko uzabibasira ndetse wafashe ifoto iriho...
6 May 2018 Yasuwe: 2058 0

Sir Alex Ferguson ari muri koma kubera uburwayi bukomeye afite mu bwonko

Uwahoze ari umutoza wa Manchester United watwaye ibikombe byinshi mu mateka y’iyi kipe, yajyanwe igitaraganya mu bitaro ku munsi w’ejo ndetse ashyirwa muri koma kubera indwara yo mu bwonko afite (...
6 May 2018 Yasuwe: 1221 0

Stoke City relegates from the Premier League

Patrick van Aanholt of Crystal Palace scores the winner against Stoke to relegate them from the Premier League on Saturday.
5 May 2018 Yasuwe: 1149 0

South African footballer Ntshangase dies after lightning strike

Maritzburg United striker Luyanda Ntshangase, 21, who was struck by lightning during a friendly match, has died in hospital, his club confirmed.
5 May 2018 Yasuwe: 789 0

Umugabo n’umugore we babaswe no gukora imibonano mpuzabitsina batangaje benshi kubera inshuro bayikora ku munsi

Umugabo witwa Alex w’imyaka 26 ndetse n’umugore we Gigi Petite w’imyaka 36 batangaje ko babaswe n’imibonano mpuzabitsina ndetse nibura buri munsi bayikora inshuro 3 ndetse bigeze kuyikora inshuro 8.
5 May 2018 Yasuwe: 9206 0

Bamwe mu bagore bo muri Israeli bigaragambije bambaye ubusa kubera ihohoterwa ribakorerwa [AMAFOTO]

Abagore bo muri Israeli biraye mu mihanda yo mu mugii wa Tel Aviv barigaragambya aho bamwe muri bo bari bambaye ubusa ndetse bafite ibyapa binenga Leta kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina...
5 May 2018 Yasuwe: 4824 0

Agasumbashyamba kishe icyamamare mu gufata amashusho ya filimi z’uruhererekane

Umugabo witwa Carlos Carvalho usanzwe afata amashusho ya filimi z’ibibera mu ishyamba ndetse n’izivuga ku buzima busanzwe,yahuye n’uruva gusenya ubwo yicwaga n’agasumbashyamba (giraffe) ari gufata...
5 May 2018 Yasuwe: 4106 0

Nicki Minaj yashyize hanze amashusho y’indirimbo 2 arimo imyambarire ikurura abagabo cyane [AMAFOTO]

Umuhanzikazi Nicki Minaj uzwi cyane mu njyana ya Rap yashyize hanze amashusho y’indirimbo ze 2 zirimo Chun-Li na Barbie Tings,yambaye imyenda ikurura abagabo cyane,yavugishije benshi mu bakunzi be.
5 May 2018 Yasuwe: 1750 0