skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Meghan Markle azambara ikanzu ifite agaciro ka miliyoni zisaga 100 frw mu bukwe bwe n’igikomangoma Harry

Mu bukwe bwe n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry, umunyamerikakazi Meghan Markle wahoze ari umukinnyi wa filimi azambara ikanzu ifite agaciro ka miliyoni 100 z’amafaranga y’u Rwanda ni ukuvuga...
5 May 2018 Yasuwe: 1196 0

Migi yagiriye inama Rayon Sports yayifasha gutsinda Gor Mahia

Kapiteni w’ikipe ya APR FC yabwiye Rayon Sports ko igomba gukora ibishoboka byose igahagarika ubusatirizi bw’ikipe ya Gor Mahia,niba ishaka kubona amanota 3 ya mbere mu matsinda ya CAF...
5 May 2018 Yasuwe: 4046 1

Umukinnyi wakubitiwe n’inkuba mu kibuga yitabye Imana

Umukinnyi w’umunya Afurika y’Epfo witwa Luyanda Ntshangase w’imyaka 21 wakiniraga ikipe ya Maritzburg United y’iwabo,yakubiswe n’inkuba ku wa 01 Werurwe 2018 ubwo yari mu kibuga,none byarangiye...
5 May 2018 Yasuwe: 2502 0

FIFA yategetse FERWAFA kwishyura miliyoni 158 Mackinstry wahoze atoza Amavubi

Uwahoze atoza ikipe y’Igihugu Amavubi Jonathan Mackinstry,yatsinze urubanza yaregaga FERWAFA muri FIFA avuga ko yamwirukanye mu buryo budakurikije amategeko, birangira iciwe akayabo ka miliyoni...
5 May 2018 Yasuwe: 1176 1

Umusore wifatiraga selfie ku isumo yarihanutseho arangirika bikomeye

Umusore witwa Subrat Nag wafataga selfie ari hejuru y’isumo (waterfall) yaryohewe arihanukaho,aravunika bikomeye ndetse abaganga batangaza ko yahazahariye cyane.
4 May 2018 Yasuwe: 3157 0

Mo Salah plays down Cristiano Ronaldo battle in Champions League final

Egyptian and Liverpool Forward Mohamed Salah has denied the battle with Cristiano Ronaldo in UEFA Champions League Final.
4 May 2018 Yasuwe: 1115 0

Mohamed Salah yatangaje byinshi kuri Ronaldo bazahanganira I Kiev

Kabuhariwe Mohamed Salah yatangaje ko ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League atazaba ahanganye na Cristiano Ronaldo nkuko bamwe babikeka,ahubwo azaba arajwe ishinga no kugira ngo Liverpool...
4 May 2018 Yasuwe: 2823 0

Perezida Kagame yasabye abayobozi ba Arsenal kuzana impinduka

Nk’umufana wa Arsenal ukomeye,Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa Arsenal akunda,gushaka impinduka nziza zatuma ikipe yongera gutsinda igataha imitima...
4 May 2018 Yasuwe: 1026 0

Amavubi arishyuza MINISPOC akayabo ka miliyoni 150 bemerewe muri CHAN

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bakinnye mu mikino ya CHAN yabereye muri Maroc mu ntangiriro z’uyu mwaka,barishyuza barishyuza FERWAFA na MINISPOC amafaranga arenga miliyoni 150 bemerewe...
4 May 2018 Yasuwe: 1143 0

Abaturage benshi basabwe kwimuka kubera kuruka ku ikirunga cyo muri Hawaii

Abaturage barenga ibihumbi 10 basabwe guta ingo zabo bagahunga kubera ko ikirunga cya Kilauea cyarutse, ndetse ibikoma byacyo bishyushye cyane (lava) byatangiye kugera mu mugi no mu mihanda...
4 May 2018 Yasuwe: 933 0