skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugabo yishe umugore we amukubise ipanu mu mutwe

Umugabo witwa Steven Grainger w’imyaka 32 ukomoka mu Bwongereza,yishe umugore we amukubise ipanu mu mutwe ku wa 04 Ugushyingo umwaka ushize, nyuma yo guterana amagambo bikabaviramo kurwana.
3 May 2018 Yasuwe: 1407 0

Umugore wari warabaswe no gukora imibonano mpuzabitsina yavuze ubuzima bubabaje byamushyizemo

Umugore witwa Nadia Bokody ukomoka muri Australia yavuze ubuzima bubabaje yaciyemo kubera kubatwa no gukora imibonano mpuzabitsina, burimo gusambana n’abagabo batandatu ku munsi ndetse no kwirirwa...
3 May 2018 Yasuwe: 4305 1

Gicumbi: Umusore yasambanyije intama arayangiza bikomeye

Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wasambanyije intama y’umuturanyi we arayangiza bikomeye,byatumye atoroka ndetse kuri ubu yaburiwe irengero.
3 May 2018 Yasuwe: 3968 0

AS Kigali itangiye kugaragaza ibimenyetso by’uko ishaka igikombe cya shampiyona

Ku munota wa 89 nibwo Jimmy Mbaraga yatsindiye AS Kigali igitego cyayihaye intsinzi ndetse gituma itangira gucika amakipe bahanganye bucece arimo APR FC na Rayon Sports.
3 May 2018 Yasuwe: 1499 0

Liverpool ibonye itike yo kuzahura na Real Madrid ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Liverpool ibashije kwihagararaho ku kibuga cya AS Roma itsindwa ibitego 4-2 biyifashije gukatisha itike iyerekeza ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League,izahuramo na Real Madrid ku wa 26...
2 May 2018 Yasuwe: 1597 1

Will.i.am yatutse cyane Kanye West amuziza gupfobya ubucakara

Umuhanzi Will.i.am uzwi cyane mu itsinda rya Black eyed peas yise Kanye West igicucu kubera amagambo yatangaje ko ubucakara bwakorewe abirabura mu myaka 400 yari amahitamo yabo.
2 May 2018 Yasuwe: 1118 0

Umucuruzi w’Umwongereza yasimbutse ku igorofa rya 18 arapfa

Umugabo witwa John Toms w’imyaka 68 yiyahuriye ku igorofa rya 18 nyuma y’amasaha make asinye urwandiko rumwemerera gutandukana n’uwahoze ari umugore we w’umunya Thailand,arapfa.
2 May 2018 Yasuwe: 2490 1

Umutoza wa Gor Mahia yanenze ubwugarizi bwa Rayon Sports

Mu gihe habura iminsi mike ngo Rayon Sports icakirane na Gor Mahia mu mukino wa mbere wo mu matsinda ya CAF Confederations Cup,umutoza Dylan Kerr wa Gor Mahia yatangaje ko ubwugarizi bwa Rayon...
2 May 2018 Yasuwe: 3832 1

Sergio Ramos yihanije abakunzi ba ruhago babibasiriye ubwo bari bamerewe nabi muri shampiyona

Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid yatangaje ko we na bagenzi be bakinana batitaye ku magambo mabi ya bamwe mu bakunzi ba ruhago bababwiye amagambo mabi ubwo batsindwaga umusubirizo muri shampiyona...
2 May 2018 Yasuwe: 1598 0

Umunyamideli yiyambitse ubusa ubwo yari ku mucanga [AMAFOTO]

Umunyamideli witwa JEMMA Lucy ukomoka mu Bwongereza yagaragaye yambaye ubusa ndetse amabere ye ari hanze ubwo yari ku mucanga wo muri Chypres.
2 May 2018 Yasuwe: 2120 0