skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uwabaye Miss Universe yashinje Trump gushaka kumusambanya

Umunya Venezuela witwa Alicia Machado wabaye Miss w’isi(Miss Universe)yatangarije abanyamakuru ko Donald Trump yashatse ko baryamana nyuma yo kuba Miss birangira atamukundiye. Machado yavuze ko...
8 April 2018 Yasuwe: 2110 0

Espoir BBC yabuze abakinnyi bayo benshi muri Jenoside

Ikipe ya Espoir BBC yabuze abakinnyi basaga 18 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ndetse niyo kipe ya Basketball yatakaje abakinnyi benshi muri Jenoside. Mu rutonde rw’abari...
8 April 2018 Yasuwe: 523 0

Amateka y’umunyamakuru Kalinda Viateur wogezaga umupira kuri Radio Rwanda wishwe muri Jenoside

Kalinda Viateur, ni izina rizwi cyane nk’umunyamakuru wogeje umupira kuri Radiyo Rwanda kuva mu 1978 kugeza mu 1994 .Yabaye ikirangirire kubera magambo yazanye n’ubu agikoreshwa mu kogeza umupira....
8 April 2018 Yasuwe: 8213 1

Abakinnyi bamaze kumenyekana bazize Jenoside bakinaga mu makipe yari mu cyiciro cya mbere mu gihe cya Jenoside

Muri iki gihe Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi,abakunzi ba ruhago nabo bakomeje kuzirikana abari abakinnyi babo bitangaga uko bikwiriye kugira ngo amakipe yabo...
8 April 2018 Yasuwe: 2152 0

Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports bamenyekanye bishwe muri Jenoside

Muri iki gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,benshi mu bakunzi ba ruhago baracyashengurwa n’intimba yo kubura bamwe mu bakinnyi bakundaga baguye muri aya...
7 April 2018 Yasuwe: 3777 2

Zidane ababazwa no kuba papa we yarishwe muri Jenoside atabonye ibyo yagezeho muri ruhago

Nsabimana Eric uzwi nka Zidane ukina hagati mu ikipe ya AS Kigali yatangaje ko ababazwa ni uko papa we yishwe muri Jenoside ubwo yari akivuka,ntabashe kubona ibyo amaze kugeraho mu mupira...
7 April 2018 Yasuwe: 4165 0

Bisi yari itwaye ikipe y’ingimbi yagonganye n’ikamyo 14 bahasiga ubuzima

Imodoka yari itwaye ikipe y’abana y’umukino wa Hockey yitwa Humboldt Broncos yo muri Canada, yagonganye n’ikamyo ubwo yari igiye gukina,abantu 13 n’umushoferi bari muri iyi bisi bahita bitaba...
7 April 2018 Yasuwe: 3035 0

Umuganga yateye icyuma umwana we mu ijosi

Umuganga wo mu mugi wa New York witwa Hanane Mouhib w’imyaka 36 yaciye ijosi umwana we w’imyaka 7 akoresheje icyuma cyo mu gikoni nyuma y’iminsi 10 avuye mu bitaro bivura abafite uburwayi bwo mu...
7 April 2018 Yasuwe: 1887 0

Bugingo yasabye abakunzi b’imikino kuba intangarugero mu gihe cyo kwibuka

Ushinzwe imikino muri minisiteri y’umuco na Siporo (MINISPOC), Bugingo Emmanuel, yasabye abakunzi b’imikino mu Rwanda kuba intangarugero bakifatanya n’abandi banyarwanda kwibuka ndetse bagafata iya...
7 April 2018 Yasuwe: 306 0

Rayon Sports iteye intambwe ikomeye iyerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup

Ikipe ya Rayon Sports ishobora kuba ikipe ya mbere ibashije kugera mu matsinda ya CAF Confederations Cup nyuma yo kunyagira Costa do Sol yo muri Mozambike ibitego 3-0 mu mukino Kwizera Pierrot...
6 April 2018 Yasuwe: 2559 0