skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uwibye amatelefone y’abakomerekeye mu gitero cy’ibyihebe yahanwe

Umugabo witwa Chris Parker w’imyaka 33 wibye abantu amatelefoni mu gitero cy’ibyihebe cyabereye I Manchester mu gitaramo cyari cyateguwe n’umuhanzi Ariana Grande, yafashwe na polisi nyuma yo gushaka...
1 February 2018 Yasuwe: 1037 0

Impamvu APR FC yafatanye uburemere umukino wa Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yashyize ingufu mu mukino wa Rayon Sports mu rwego rwo kwihimura kuri Rayon Sports iherutse kuyitsinda mu mukino wa super cup ibitego 2-0,wakinwe inshuro 2 kubera ikibazo...
1 February 2018 Yasuwe: 1610 0

Yakatiwe urumukwiye nyuma yo gushora umwana we mu buraya

Umugore wo mu gihugu cya Australia yakatiwe igifumgo cy’imyaka 4 muri gereza nyuma yo kujyana umwana we w’imyaka 16 mu buraya abisabwe n’umugabo wamusambanyaga. Uyu mugore wari wafashe ku...
1 February 2018 Yasuwe: 1660 0

Chelsea FC yamaze gusinyisha rutahizamu Olivier Giroud

Ikipe ya Chelsea FC imaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu Olivier Giroud wakiniraga ikipe ya Arsenal nyuma y’aho itije umusore Michy Batshuayi mu ikipe ya Borussia Dortmund....
31 January 2018 Yasuwe: 956 0

Sekamana ari mu mazi abira nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa

Umukinnyi Sekamana Maxime w’ikipe ya APR FC ashobora kuba ari mu bihano bikarishye nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa ubwo yari amukosoye ku ikosa yakoze ku mukino iyi kipe yanganyije na AS...
31 January 2018 Yasuwe: 3453 0

Umufasha wa Gangi yamaganye abashakaga gutaburura umurambo w’umugabo we ngo ushyingurwe bwa kabiri

Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by’uwitwa Ndengejeho Innocent wifuzaga ko umurambo wa Gangi wakwimurwa aho wari ushyinguye ukajyanwa mu irimbi...
31 January 2018 Yasuwe: 2430 0

Arsenal yasinyishije rutahizamu Aubameyang

Ikipe ya Arsenal yamaze gusinyisha rutahizamu Pierrre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon imukuye mu ikipe ya Borussia Dortmund ku kayabo ka miliyoni 56 z’amapawundi. Pierre Emerick...
31 January 2018 Yasuwe: 1222 0

Ba mukerarugendo b’Abongereza bafungiwe muri Cambodia kubera ibikorwa by’urukozasoni [AMAFOTO]

Ba mukerarugendo b’Abongereza bahuye n’uruva gusenya nyuma yo kubyina imbyino z’urukozasoni bambaye ubusa byatumye abaturage bahuruza polisi nayo ibashyira muri gereza ndetse bashobora gukatirwa...
31 January 2018 Yasuwe: 2301 0

Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC n’Amavubi Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda bwamubaze nabi nyuma yo kugira imvune ikomeye ari mu ikipe y’igihugu Amavubi aho biteganyijwe ko ashobora kubagwa...
31 January 2018 Yasuwe: 1539 1

FIFA yarahiriye gukemura ikibazo cya Rwemarika wareze akanama gashinzwe amatora y’umuyobozi wa FERWAFA

Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
31 January 2018 Yasuwe: 1440 0
0 | ... | 23810 | 23820 | 23830 | 23840 | 23850 | 23860 | 23870 | 23880 | 23890 | ... | 24060