skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umwana wa Cristiano Ronaldo yatangiye kugera ikirenge mu cye

Cristiano Junior umwana w’imfura wa Cristiano Ronaldo ufite imyaka 7 yatangiye kugera ikirenge mu cya se aho yabaye umukinnyi watsinze ibitego byinshi ku kigo yigaho. Cristiano Junior yatangiye...
15 April 2018 Yasuwe: 4616 1

Musanze Fc ihagaritse Kiyovu Sports yifuzaga gufata umwanya wa mbere wa shampiyona

Ikipe ya Musanze FC itsinze Kiyovu Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona wabereye mu majyaruguru y’u Rwanda.
14 April 2018 Yasuwe: 1934 0

Haruna Niyonzima yakoze impanuka y’imodoka Imana ikinga ukuboko

Umukinnyi w’Umunyarwanda Haruna Niyonzima ukinira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yarokotse impanuka y’imodoka yakoreye ahitwa Mwenge mu mugi wa Dar es Salaam kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 13...
14 April 2018 Yasuwe: 2517 0

Al Shabab yateze ibisasu muri stade yari iri kuberamo umukino muri Somalia bihitana abantu

Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab waturikije ibisasu muri stade ya Tabuuk bihitana abantu bane barimo bareba umukino wayiberagamo.
14 April 2018 Yasuwe: 928 0

Umunyarwanda wari mu mikino ya Commonwealth yabeshye ko agiye kwihagarika aratoroka

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abakinnyi baterura ibiremereye Jean Paul Nsengiyumva yabeshye bageni be bari kumwe mu mikino iri guhuza ibihugu bikoresha icyongereza (Commonwealth Games) muri Aystralia...
14 April 2018 Yasuwe: 1755 0

Drake yagaragaye ari gukorakora umubyinnyi mu kabari

Umuraperi Drake yagaragaye ari gukorakora umubyinnyi witwa Reka Nagy-Miticzky w’imyaka 23, mu kabari kamwe mu mugi wa London aho bivugwa ko banararanye.
14 April 2018 Yasuwe: 1882 0

Umunyeshuli yafashe mwalimu ari gusambana n’umuyobozi we mu ishuli

Umuyobozi w’abarimu witwa Judith Ramsdale n’umwarimu wigisha ubutabire (Chemistry) witwa Paul Bland bakora ku ishuli ryitwa Haslingden School riherereye , Lancashire mu Bwongereza, bafashwe...
14 April 2018 Yasuwe: 5546 0

Amerika n’abambari bayo barashe ibisasu ku ngabo z’Uburusiya ziri muri Siriya

Igihugu cya USA gifatanyije n’Ubwongereza n’Ubufaransa bohereje ibisasu ku ngabo z’Uburusiya ziri mu gihugu cya Siriya bakoresheje indege ndetse biravugwa ko byishe ingabo zigera kuri 200 z’iki...
14 April 2018 Yasuwe: 11682 5

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza ku munsi wa 16 [Gahunda y’imikino]

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hakomeza imikino y’umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League yari imaze igihe yarasubitswe kubera gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku...
14 April 2018 Yasuwe: 2507 0

Uko amakipe azahura mu mikino ya ¼ cy’igikombe cy’Amahoro 2018

Mu mikino ya 1/4 cy’Irangiza cy’igikombe cy’Amahoro, ikipe ya Police FC ishobora kongera guhurira na Rayon Sports nkuko byagenze ko umwaka ushize, mu gihe APR FC izacakirana na Bugesera FC mu...
14 April 2018 Yasuwe: 2790 0