skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ba mukerarugeno basambaniye ku nshundura rubanda rubareba

Ba mukerarugendo bafashwe amashusho ku manywa y’ihangu bari gusambanira ku nshundura z’abarobyi bari hafi yabo,bitungura benshi ndetse bakomerwa amashyi n’abari babegereye.
17 April 2018 Yasuwe: 4052 1

Minnaert yababajwe n’uko Costa do Sol yabakiriye

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yababajwe n’ukuntu bakiriwe nabi n’ikipe ya Costa do Sol, aho batigeze babona umuntu uturutse muri iyi kipe ku kibuga cy’indege ndetse bahawe...
17 April 2018 Yasuwe: 3227 1

Manchester City ishobora guhagarikwa kugura abakinnyi kubera amakosa yakoze

Ikipe ya Manchester City ishobora gufatirwa ibihano byo kutagura abakinnyi mu isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi y’uyu mwaka ndetse n’iryo muri Mutarama umwaka utaha kubera...
17 April 2018 Yasuwe: 1456 0

Abanyarwanda bo muri Mozambike bagobotse Rayon Sports yabuze urumuri ku kibuga cy’imyitozo

Ikipe ya Rayon Sports yahuye n’imbogamizi yo kubura urumuri ruhagije ku kibuga yagombaga gukoreraho imyitozo mu mugi wa Maputo,byatumye abanyarwanda baba muri uyu mugi bacana amatara y’imodoka zabo...
17 April 2018 Yasuwe: 3097 0

Abarusiya batwitse amafoto ya Trump, Macron na Theresa May mu myigaragambyo [AMAFOTO]

Brusiya batuye mu ntara ya Crimea biriwe bigaragambya batwika amafoto amafoto ya Donald Trump,Emmanuel macron na Theresa May bahanganye n’Uburusiya na Siriya.
16 April 2018 Yasuwe: 4071 1

Umugabo yishe umugore we amuhoye ko yanze ko baryamana

Umugabo witwa Kevin Smitham w’imyaka 51 ukomoka mu Bwongereza yakubise umugore we witwa Kanda Smitham w’imyaka 29 kugeza amwishe amujijije ko yanze ko baryamana.
16 April 2018 Yasuwe: 2864 1

Rayon Sports yakiriwe n’imbaga y’abafana muri Mozambike[AMAFOTO]

Ikipe ya Rayon Sports yageze muri Mozambike amahoro,aho yakiriwe n’imbaga y’abafana bayo baba muri iki gihugu bayirerembiye indirimbo zo kuyiha ikaze no kuyereka ko bayiri inyuma.
16 April 2018 Yasuwe: 3555 0

Antoine Hey yandikiye FERWAFA asaba kugaruka gutoza Amavubi

Uwahoze ari umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yandikiye ubuyobozi bushya bwa FERWAFA asaba ko bavugurura amasezerano yari afite agakomeza akazi ko gutoza ikipe y’igihugu.
16 April 2018 Yasuwe: 1537 2

Irambona Eric yasabye imbabazi ubuyobozi n’abakunzi ba Rayon Sports

Umukinnyi Irambona Eric utabashije kujyana n’ikipe ya Rayon Sports kubera imyitwarire mibi yagaragaje bigatuma anashijwa ruswa yanditse ubutumwa busaba imbabazi abakunzi ba Rayon Sports n’ubuyobozi...
16 April 2018 Yasuwe: 1290 1

Muhire Kevin yahaye ubutumwa bukomeye abafana ba Rayon Sports

Umukinnyi Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yasabye abafana ba Rayon Sports kwitegura kuririmba murera ubwo bazaba bavuye muri Mozambike mu mukino wo kwishyura wa CAF...
16 April 2018 Yasuwe: 2303 0