skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Areruya Joseph yegukanye agace muri La Tropicale amissa Bongo ahita ayobora urutonde rusange

Kizigenza mu mukino wo gusiganwa ku magare uheruka kwegukana Tour du Rwanda 2017 Areruya Joseph,yongeye kwigaranzura ibihangange yegukana intera ndende kurusha izindi mu irushanwa rya La...
18 January 2018 Yasuwe: 334 0

Sandwich itumye amara iminsi 106 mu bitaro

Umwana w’imyaka 14 witwa Alec Hebblethwaite ukomoka ahitwa Missouri muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amaze iminsi 106 mu bitaro azira sandwich yariye yatumye agira ikibazo mu muhogo ubwo yari ari...
18 January 2018 Yasuwe: 608 0

Amategeko azagenga igikombe cy’intwali ashobora gutuma Rayon Sports ikivamo

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko babangamiwe n’itegeko rizagenga igikombe cy’intwli ryo gukinisha abakinnyi3 gusa badafite ibyangombwa kandi Rayon Sports ifite abakinnyi badahagije muri...
18 January 2018 Yasuwe: 716 0

Antoine Hey azahindura imikinire ku mukino wa Equatorial Guinea

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yamaze gutangaza ko azahindura imikinire ku mukino wo ku munsi w’ejo azahura na Equatorial Guinea saa 21h30 kuri stade Ibn Batouta mu mugi wa Tangier....
18 January 2018 Yasuwe: 398 0

Flanagan ukinira Liverpool ari mu mazi abira nyuma yo gukubita umukunzi we

Umukinnyi Jon Flanagan ukina mu bwugarizi bw’ikipe ya Liverpool ari mu mazi abira nyuma yo ghohotera umukunzi we ubwo yamukubitaga bari mu nzira batembera ku wa 22 Ukuboza 2017. Flanagan avuye...
17 January 2018 Yasuwe: 240 0

Umugore wa David Beckham yatunguye benshi yerekana amafoto ashotora abagabo

Umunyamideli Victoria Beckham usanzwe ari umugore w’icyamamare David Beckham kizwi mu mupira w’amaguru,cyavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera amaforo cyifotoje yashotse ku kinyamakuru...
17 January 2018 Yasuwe: 1162 1

Nshuti Savio yahakanye ibivugwa ko agiye kwerekeza mu ikipe ya APR FC

Umukinnyi Savio Nshuti yahakanye amakuru amwerekeza mu ikipe ya APR FC aho yavuze ko nta makuru afite kuko ibyo guhindura ikipe azabimenya arangiza irushanwa rya CHAN iri kubera muri Maroc. Mu...
17 January 2018 Yasuwe: 1023 1

Icyamamare mu gukina filime cyahitanywe n’impanuka

Icyamamare mu gukina filimi Jessica Falkholt gikomoka muri Australia, cyitabye Imana nyuma y’impanuka ikomeye cyagize mu byumweru 3 bishize. Iyi mpanuka yahise ihitana ababyeyi ba Jessica,...
17 January 2018 Yasuwe: 822 0

Rayon Sports iraha umwanya abakinnyi bashya bari mu igeragezwa mu mukino wa Etincelles FC

Uyu munsi nibwo ikipe ya Rayon Sports irakina umukino wa gicuti n’ikipe ya Etincelles FC kuri stade ya Kigali saa 18h00 mu rwego rwo gukomeza kwitegura imikino iri imbere ndetse no gusuzuma...
17 January 2018 Yasuwe: 292 0

Ronaldinho yasezeye ku mupira w’amaguru-VIDEWO

Umwami w’amacenga Ronaldinho Gaucho yamaze gusezera ku mupira w’amaguru nyuma y’imyaka 19 akina nk’uwabigize umwuga. Ronaldinho uzwi cyane kubera ubuhanga yari afite mu gucenga,yamaze gusezera ku...
17 January 2018 Yasuwe: 354 0
0 | ... | 23740 | 23750 | 23760 | 23770 | 23780 | 23790 | 23800 | 23810 | 23820 | ... | 23900