skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Abafana ba Kiyovu Sports bagaragaye bari gutwika amabendera ya Rayon Sports

Ku munsi w’ejo hagaragaye amafoto y’abafana ba Kiyovu Sports bari gutwika amabendera y’ubururu n’umweru y’ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kunganya ibitego 2-2.
23 April 2018 Yasuwe: 2689 0

Umusore yatawe muri yombi kubera kwinjira mu nzu ya Taylor Swift akaryama ku buriri bwe

Umusore w’imyaka 23 witwa Roger Alvarado ukomoka muri Leta ya Florida yatawe muri yombi na polisi kubera kwinjira mu nzu y’icyamamare Taylor Swift akaryama ku gitanda cye.
23 April 2018 Yasuwe: 898 0

Menya byinshi kuri perezida w’umukene kurusha abandi Jose Mujica

Jose Mujica wabaye perezida wa Uruguay kuva mu mwaka wa 2010 kugeza 2015 niwe ufatwa nka perezida wabayeho ukennye kurusha abandi ku isi kubera imitungo afite n’uko yagaragaraga muri rubanda.
23 April 2018 Yasuwe: 4295 1

Umukobwa ufite uburanga buhebuje yashakanye n’umwe mu bagabo babi ku isi benshi batangazwa n’urukundo rwabo[AMAFOTO]

Umukobwa ufite uburanga witwa Phatsara Obnak w’imyaka 23 ukomoka muri Thailand yatigishije isi yose kubera gushakana n’umugabo w’imyaka 37 ufite uburwayi bw’umunwa ndetse beshi bemeza ko ari mu...
23 April 2018 Yasuwe: 3223 0

Mohamed Salah niwe wabaye umukinnyi w’umwaka muri Premier League

Umunyamisiri Mohamed Salah niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza muri shampiyona y’Ubwongereza “Premier league" ahigitse abo bari bahanganye barimo Kevin de Bruyne wamugwaga mu ntege.
23 April 2018 Yasuwe: 934 0

Giroud afashije Chelsea kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup[AMAFOTO]

Igitego cyiza cyane Olivier Giroud yatsinze acenze ba myugariro batatu ba Southamptona nicyo cyaranze umukino wa kabiri wa ½ cya FA Cup urangiye Chelsea FC itsinze Southampton ibitego 2-0 bituma...
22 April 2018 Yasuwe: 1949 0

Kiyovu Sports ibujije Rayon Sports gukomeza ibirori

Mu mukino w’umunsi wa 17 wari witezwe na benshi,ikipe ya Kiyovu Sports ihagamye Rayon Sports banganya ibitego 2-2,mu mukino Tchabalala yongeye gutaha imitima y’abafana ba Gikundiro.
22 April 2018 Yasuwe: 2781 1

Imyambarire ya Jennifer Lopez ku rubyiniro yatangaje benshi [AMAFOTO]

Umuhanzi Jennifer Lopez w’imyaka 48 yatangaje benshi kubera imyambarire yari yambaye ku rubyiniro ikurura abagabo byatumye benshi bamunenga bikomeye.
22 April 2018 Yasuwe: 2634 0

Umugore yishe umugabo we amumenyeho aside

Umugore w’imyaka 50 ukomoka muri Cambodia yamenye aside ku mubiri w’umugabo we aramuhitana amuhoye ko yashakaga ko batandukana.
22 April 2018 Yasuwe: 2753 0

Umugabo yarumye umutwe w’inzoka yari imaze kumutera ubumara [AMAFOTO]

Umugabo ukomoka mu Buhindi yihimuye ku nzoka yari imaze kumuruma ayica umutwe akoresheje amenyoye, nubwo yari imaze kumutera ubumara.
22 April 2018 Yasuwe: 5255 1