skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kanye West yatangaje ikintu cya mbere azakora naramuka atorewe kuyobora Amerika benshi baramuseka cyane

Umuhanzi Kanye West yatangaje ko naramuka atorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu mwaka wa 2024 azahindura izina ry’indege perezida wa USA agendamo “Air Force One akayita “ Yeezy force one”.
26 April 2018 Yasuwe: 1347 0

Trump yatumye Kanye West na Kim Kardashian bashwana

Amagambo Kanye West yanditse kuri Twitter avuga ko Donald Trump ari umuvandimwe we ndetse hari ibyo bahuriyeho yamuteranyije n’umugore we Kim Kardashian wanga urunuka uyu perezida w’Amerika.
26 April 2018 Yasuwe: 1839 0

Ramos yavuze impamvu Iniesta atatwaye Ballon d’or benshi barumirwa

Myugariro w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yatunguye benshi ubwo yavugaga ko iyo mugenzi we bakinana mu ikipe ya Espagne Andres Iniesta aba yitwa Andresinho aba yaratwaye Ballon d’Or ebyiri.
26 April 2018 Yasuwe: 2278 0

Umukobwa yasebeje umuhungu wamusabiye ko babana kuri Radio

Umusore witwa Rob yahuye n’uruva gusenya ubwo yahamagaraga umukunzi we Rebecca mu kiganiro cya mu gitondo cyo kuri Radio yitwa Capital FM yo mu Bwongereza, amusaba ko yamubera umugore undi...
26 April 2018 Yasuwe: 1679 0

Sudani y’Amajyepfo: Abaguverineri n’abaminisitiri bari gukorera munsi y’ibiti

Kubera ikibazo cy’inyubako igihugu cya Sudani y’Amajyepfo gifite,bamwe mu baminisitiri n’abaguverineri bari gukorera munsi y’ibiti ndetse bajya ku kazi bagenda n’amaguru.
26 April 2018 Yasuwe: 724 0

Umupolisi yiyahuye kubera ideni riremereye yari afitiye banki

Umupolisi wo muri Kenya witwa Tyrus Omondi yiyahuye kubera ideni yari afitiye banki ryatumaga adasinzira, yafashe kubera ikibazo cy’ubukungu yari afite.
26 April 2018 Yasuwe: 1138 0

Abakinnyi ba Arsenal barwaniye mu myitozo yo kwitegura Atletico Madrid

Abasore babiri bakinira Arsenal Alexandre Lacazette na Hector Bellerin barwaniye mu myitozo ya nyuma yo kwitegura umukino ubanza wa ½ cya UEFA Europa League bagomba guhura na Atletico Madrid uyu...
26 April 2018 Yasuwe: 4235 1

Real Madrid ikomeje gushimangira ko ari umwami wa UEFA Champions League

Imbere y’abafana bayo,ikipe ya Bayern Munich itsinzwe na Real Madrid ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabaye kuri uyu wa Gatatu.
25 April 2018 Yasuwe: 1604 0

Tchabalala afashije Rayon Sports gukura icyizere kuri stade Umuganda

Mu mukino ubanza wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro wahuje ikipe ya Etincelles FC na Rayon Sports kuri stade Umuganda,urangiye amakipe yombi anganyije 1-1.
25 April 2018 Yasuwe: 3294 0

Umukecuru yamaze imyaka irenga 60 atwite atabizi

Umukecuru witwa Estela Meléndez w’imyaka 91 ukomoka muri Chili yatangaje ko amaze imyaka irenga 60 inda ye ibyimbye atazi impamvu,ubwo yabwirwaga ko atwite.
25 April 2018 Yasuwe: 2579 0