skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Bizimana Djihad agiye guca agahigo ko kuba umukinnyi uguzwe amafaranga menshi mu Rwanda

Umukinnyi Bizimana Djihad wakinaga hagati mu ikipe ya APR FC yamaze gutsinda igeragezwa yari amaze iminsi akora mu ikipe ya Waasland Beveren yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi ,aho bivugwa ko aza...
25 April 2018 Yasuwe: 4599 0

Umugabo yakubise ibuye n’icyuma umukunzi we kugeza amwishe

Umugabo witwa Dean Lowe w’imyaka 33 ukomoka mu Bwongereza,yakubise umukunzi we witwa Kirby Noden w’imyaka 32 ibuye n’inkoni y’icyuma kugeza apfuye ahita ajya kumuta mu kimoteri.
25 April 2018 Yasuwe: 1543 1

Umunyamideli uzwi cyane muri Kenya kubera imiterere ye yifotoje yambaye ubusa hejuru [AMAFOTO]

Umunyamideli witwa Corazon Kwamboka ukundwa n’abagabo benshi muri Kenya kubera imiterere ye,yatunguye benshi ubwo yifotozaga yambaye ubusa hejuru ari ku mucanga wo mu Butaliyani ku wa mbere.
25 April 2018 Yasuwe: 6305 0

Minnaert yanenze bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports bakomeje guteza umwuka mubi mu ikipe

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minnaert yatangaje ko hari bamwe mu bantu bo hafi ya Rayon Sports bacamo ibice abakinnyi ndetse batishimiye umusaruro ari gutanga muri iyi minsi ndetse ko...
25 April 2018 Yasuwe: 1992 0

Rayon Sports irakina na Etincelles FC idafite ba kizigenza bayo

Mu mukino uyigora cyane,Rayon Sports irahura na Etincelles FC idafite bamwe mu bakinnyi bayo bakomeye barimo Kwizera Pierrot,Mukunzi Yannick na Caleb bose bafite bafite ibibazo by’imvune.
25 April 2018 Yasuwe: 1074 0

Ese Bayern Munich irabasha kwigaranzura Real Madrid yayigaruriye?

Amaso yose y’abakunzi ba ruhago ahanzwe ku kibuga Allianz Arena uyu munsi saa 20h45 ubwo ikipe ya Bayern Munich irahura na Real Madrid mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League.
25 April 2018 Yasuwe: 788 0

Liverpool iteye intambwe ikomeye iyerekeza ku mukino wa nyuma wa Champions League

Ikipe ya Liverpool inyagiye AS Roma ibitego 5-2 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye ku kibucayo cya Anfield kuri uyu wa Kabiri.
24 April 2018 Yasuwe: 802 0

Umugabo n’umugore batawe muri yombi bazira gusambana n’imbwa

Umugabo witwa Frederick Manzanares w’imyaka 50 n’umugore we Janette Solano w’imyaka 48 batawe muri yombi na polisi y’iwabo muri Colorado, kubera gusambanya imbwa yabo bise Bubba.
24 April 2018 Yasuwe: 4228 0

Polisi yataye muri yombi Abanyafurika 3 bari bamaze ibyumweru 2 bafata ku ngufu umwongerezakazi

Umugore w’umwongereza yatabawe na polisi nyuma y’ibyumweru 2 yari amaze yarashimuswe n’amabandi atatu akomoka muri Afurika, yamusambanyaga amanywa nijoro.
24 April 2018 Yasuwe: 5105 0

Kagere Meddie nawe yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Rutahizamu Kagere Meddie ukina mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya yamaze guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda ndetse yarahiye kuri uyu wa Gatatu.
24 April 2018 Yasuwe: 1407 0