skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwihanije Minnaert utangiye kwivanga mu kazi adashinzwe

Mu nama ya rukokoma yabaye mu ijoro ryakeye,ubuyobozi bwa Rayon Sports bwihanije umutoza Ivan Minnaert usigaye yiha akazi ko kwirukana abatoza bungirije kandi bitari mu nshingano ze.
24 April 2018 Yasuwe: 4841 0

Abagabo 18 bo mu Bwongereza bafashwe bari gusambanya abakobwa bo muri Thailand bataruzuza imyaka y’ubukure[AMAFOTO]

Abagabo bagera kuri 18 bo mu Bwongereza,baguwe gitumona polisi bari gusambanya abana b’abakobwa bo muri Thailand bataruzuza imyaka y’ubukure muri hoteli imwe yo muri iki gihugu.
24 April 2018 Yasuwe: 4824 1

Umukobwa w’imyaka 19 yagaragaye ari gusomana n’umugabo we uruta se bitangaza benshi [AMAFOTO]

Umwongerezakazi witwa Avalon Garvey w’imyaka 19 yatangaje benshi ubwo yatangazaga ko yishimiye gushakana n’umugabo w’imyaka 44 uruta se ndetse watandukanye n’abagore 2, ubwo yari afite imyaka 17...
24 April 2018 Yasuwe: 2347 1

Umugore yakase igitsina cy’umukunzi we akoresheje icyuma gitunganya ubusitani

Umugore witwa Brenda Barattini w’imyaka 26 utuye muri Argentina yakase igitsina cy’umukunzi we akoresheje umukasi bakoresha bakata ubusitani amuhoye ko yashyize hanze amashusho bari gukora...
24 April 2018 Yasuwe: 1380 1

Liverpool vs AS ROMA:Byinshi ukwiye kumenya kuri uyu mukino wa ½ cya UEFA Champions League uraba uyu munsi

Benshi bahanze amaso ikipe iratera intambwe ya mbere iyigeza muri ½ cya UEFA Champions hagati ya Liverpool iraba yakiriye AS Roma ku kibuga Anfield kuri uyu wa kabiri saa 20:45.
24 April 2018 Yasuwe: 1454 0

Minnaert yirukanye Ramadhan watozaga abanyezamu ba Rayon Sports

Umutoza mukuru wa Rayon Sports Ivan Minnaert ushaka kwikiza abakoranaga na Karekezi Olivier bose,yamaze kwirukana umutoza w’abanyezamu Nkunzingoma Ramadhan kubera kutumvikana ku mukino wabahuje na...
23 April 2018 Yasuwe: 3080 1

Karekezi ashobora kugaruka mu Rwanda gutoza police FC

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aravugwa mu bashobora gusimbura Seninga Innocent uherutse gusezera mu ikipe ya Police Fc kubera umusaruro muke.
23 April 2018 Yasuwe: 2423 0

Filimi z’urukozasoni zatumye umusore afata ku ngufu mama we

Umusore wiswe Rohan na polisi mu rwego rwo kurinda icyubahiro ry’umubyeyi we, yataye umutwe ubwo yari mu cyumba cye ari kureba filimi z’urukozasoni (Porn) niko kwadukira nyina amufata ku ngufu.
23 April 2018 Yasuwe: 3400 0

Umwana w’imyaka 6 yafashwe ku ngufu n’umugizi wa nabi

Umwana w’imyaka 6 ukomoka mu Buhindi wafashwe ku ngufu n’umugizi wa nabi ubwo yari agiye kugura biscuits,amerewe nabi kuko abaganga batangaje ko ashobora gupfa.
23 April 2018 Yasuwe: 1031 1

Abakinnyi bane n’umutoza bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Abakinnyi 4 barimo Lomami Andre, Peter Otema, Jimmy Mbaraga na Cyiza Hussein ndetse n’umutoza Lomami Marcel bamaze guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda mu muhango wabaye kuri uyu wa mbere Taliki ya 23...
23 April 2018 Yasuwe: 3937 0