skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Igiti cyagwiriye abanyeshuli bari basuye pariki batatu bahasiga ubuzima

Abanyeshuli bo muri Nigeria bahuye n’uruva gusenya ubwo igiti cyabagwiraga bari mu rugendoshuli muri pariki,batatu bahasiga ubuzima abandi bajyanwa kwa muganga.
18 April 2018 Yasuwe: 1951 0

Manchester City niyo ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’umwaka ya Premier League

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester City nibo biganje mu ikipe y’umwaka mu Bwongereza,nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona hasigaye imikino 5 yose ngo shampiyona irangire aho ifitemo abakinnyi 5...
18 April 2018 Yasuwe: 1324 0

Kizito Mihigo agiye kuburanishwa mu bujurire

Umuhanzi Kizito Mihigo wakatiwe igifungo cyo gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye birimo no kugambirira kugirira nabi ubutegetsi bw’igihugu,yajuririye mu rukiko rw’ikirenga...
18 April 2018 Yasuwe: 7532 0

Museveni yihanije Abagande bakora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yifuza guhagarika abakora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa ndetse yifuza ko abanya Uganda bacika kuri uyu muco mubi w’abazungu.
18 April 2018 Yasuwe: 3094 0

Amber Rose yongeye gushyira hanze amafoto ashotora abagabo [AMAFOTO]

Icyamamare mu kumurika imideli muri USA Amber Rose cyongeye kuvugisha amangambure abagabo bo hirya no hino ku isi kubera ifoto ishotorana cyashyize ku rubuga rwacyo rwa Instagram.
18 April 2018 Yasuwe: 3339 0

Mama wa George W Bush yitabye Imana

Umubyeyi w’uwahoze ari perezida wa Amerika George W Bush witwa Barbara Bush yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko nyuma yo kwanga gufata imiti ubwo yari arwaye.
18 April 2018 Yasuwe: 2251 0

Rayon Sports mu nzira yo gukora amateka mu mikino Nyafurika

Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 18 Mata 2018 nibwo benshi bategereje kureba niba ikipe ya Rayon Sports ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere mu Rwanda ibashije kwinjira mu matsinda y’imikino nyafurika...
18 April 2018 Yasuwe: 2457 1

Umukecuru w’imyaka 72 yashakanye n’umusore w’imyaka 17 bitangaza benshi [AMAFOTO]

Umukecuru w’imyaka 72 witwa Almeda Errell ukomoka ahitwa Maryville muri Leta ya Tennessee muri USA amaze imyaka 2 ashyingiranywe n’umwana w’imyaka 17, mu bukwe bwatangaje benshi ndetse bahamirije...
17 April 2018 Yasuwe: 4852 1

Yishe umugore we amuhoye kubatwa na Facebook

Umugabo ukomoka mu Buhindi witwa Hariom w’imyaka 35 yishe umugore we witwa Luxmi amuhoye kubatwa na Facebook bigatuma atubahiriza inshigano z’urugo.
17 April 2018 Yasuwe: 1507 0

Umugabo yatawe muri yombi kubera gukubita umugore we akamugira intere amuziza kumuca inyuma

Umugabo witwa Fergus Clarkson w’imyaka 30,yafashe umugore we ari kumwe n’undi mugabo niko kumukubita akamugira intere, byatumye atabwa muri yombi na polisi yo mu muga wa Fulham atuyemo.
17 April 2018 Yasuwe: 1812 0