skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Muvunyi yemeje ko Rayon Sports iri mu biganiro na Minnaert

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Muvunyi Paul yanze guhakana amakuru y’uko ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro na Ivan Minnaert,aho yemeje ko ibiganiro birimbanyije kugira ngo uyu mubiligi...
15 February 2018 Yasuwe: 3016 4

Umukunzi wa Dani Alves yifotoje ari hafi kwambara ubusa [AMAFOTO]

Umukunzi wa myugariro wa Paris Saint Germain Danny Alves witwa Joana Sanz yatunguye benshi kubera ifoto yashyize hanze yerekana imyanya ye y’ibanga irimo amabere. Iyi foto ya Sanz yavugishije...
15 February 2018 Yasuwe: 2451 0

Reba amafoto abakinnyi batandukanye bashyize hanze ku munsi wa Saint Valentin

Ku munsi w’ejo nibwo hirya no hino ku isi hizihijwe umunsi w’abakundana uzwi nka Saint Valentin aho bamwe mu bakinnyi ba ruhago batandukanye bagiye basangiza abakunzi babo amafoto bari kumwe n’abo...
15 February 2018 Yasuwe: 2887 0

Adrien Niyonshuti yibwe buri kimwe cyose yavunikiye

Umusore Niyonshuti Adrien uri mu ikipe y’u Rwanda iri mu mikino y’Afurika,yatewe n’abajura bamena inzu ye bamwiba buri kimwe yavunikiye ubwo yari mu myiteguro yo guhagararira igihugu. Aba bajura...
15 February 2018 Yasuwe: 3466 0

Ubunararibonye bwa Real Madrid buyifashije gutsinda PSG,Liverpool inyagira FC Porto

Ikipe ya Real Madrid yeretse PSG koubunararibonye ari ingirakamaro mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League iyitsinzemo ibitego 3-1,mu gihe FC Porto inyagiriwe ku kibuga cyayo na...
15 February 2018 Yasuwe: 701 0

Kwizera Pierrot ababaje Musanze FC ku munota wa nyuma

Umusore Kwizera Pierrot ababaje bikomeye ikipe ya Musanze FC kuko nyuma y’aho umusifuzi yerekanye iminota 4 y’inyongera yateye ishoti rikomeye cyane rigana mu izamu, maze Rayon Sports itahana...
14 February 2018 Yasuwe: 1608 0

Oliver Karekezi ashobora kuba agiye kwirukanwa muri Rayon Sports

Hari amakuru yizewe avuga ko Umubiligi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports wagarutse mu Rwanda nyuma yo kuyivamo asezeye kubera ibibazo atatangarije itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ashobora kuba...
14 February 2018 Yasuwe: 6116 2

Umwunganizi wa Trump yishyuye rwihishwa umukinnyi wa filimi z’urukozasoni wari uzengereje Trump

Stormy Daniels umwunganizi w’igihe kirekire wa perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump, yishyuye rwihishwa Stephanie Gregory Clifford ukina filimi z’urukozasoni (Porn) uherutse...
14 February 2018 Yasuwe: 736 0

Team Rwanda inaniwe kwigaranzura Eritrea muri shampiyona y’Afurika yo gusiganwa ku magare

Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare inaniwe guhangamura Eritrea yabaye umwami muri Afurika mu gusiganwa nk’ikipe harebwa ibihe (Team Time Trial) aho irangije ku mwanya wa 2 mu gihe...
14 February 2018 Yasuwe: 807 0

Cristiano yagize icyo asaba abafana ba Real Madrid, Zidane abizeza impinduka

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Werurwe 2018 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye wa 1/8 cya UEFA Champions League uza guhuza ikipe ya Real Madrid na PSG ku kibuga cya Santiago Bernabeu aho Cristiano...
14 February 2018 Yasuwe: 1396 0