skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Cristiano yagize icyo asaba abafana ba Real Madrid, Zidane abizeza impinduka

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Werurwe 2018 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye wa 1/8 cya UEFA Champions League uza guhuza ikipe ya Real Madrid na PSG ku kibuga cya Santiago Bernabeu aho...
14 February 2018 Yasuwe: 1381 0

Impanga 2 zakoze agashya muri gereza

Mu gihugu cya Peru habaye agashya ubwo imfungwa yitwa Alexander Delgado ifite impanga basa yaguranye nayo ikajya gusura mama wayo abacungagereza ntibarabukwe. Uyu Delgado wakatiwe igifungo...
14 February 2018 Yasuwe: 5176 0

Abakozi babiri bafashwe bari gusambana mu masaha y’akazi

Abakozi babiri b’ikigo cyitwa Tesco cyo mu Bwongereza bafashwe bari gusambana mu masaha y’akazi aho bari bikingiranye mu biro byabo. Aba bakozi bakora muri iki kigo cy’ubucuruzi kizwi mu...
14 February 2018 Yasuwe: 6344 1

Karekezi yarahiriye kwiyunga n’abafana ba Rayon Sports imbere ya Musanze

Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports yavuze ko umukino w’ikirarane arakina na Musanze FC uyu munsi ari ishiraniro, ndetse yiteguye kwiyunga n’abafana nyuma yo kunanirwa gutsinda Lydia Ludic mu...
14 February 2018 Yasuwe: 1324 0

UEFA: Tottenham yahagamye Juventus, Manchester City inyagirira Basel

Ikipe ya Tottenham niyo iri kuvugwa cyane mu bitangazamakuru byo ku mugabane w’I Burayi aho yahagamye igihangange Juventus cyari imbere y’abafana bayo banganya ibitego 2-2 mu mikino ya UEFA...
14 February 2018 Yasuwe: 412 0

Umwana w’imyaka 13 yashimutiwe muri hoteli umurambo we utabwa mu kigega cy’amazi

Umwana w’imyaka 13 yashimutiwe muri hoteli yitwa El Bostezo yo mu gihugu cya Colombia, umurambo we utabwa mu kigega cy’amazi cyo muri iyi hotel nyuma yo gukorerwa iyicarubozo ririmo no kumufata ku...
13 February 2018 Yasuwe: 1420 0

Allegri yatangaje byinshi kuri Kane barahangana uyu munsi muri UEFA Champions League

Umutoza Massimiliano Allegri w’ikipe ya Juventus irakira Tottenham uyu munsi mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League ,yavuze ko rutahizamu Harry Kane ataragera ku rwego rwa rutahizamu we...
13 February 2018 Yasuwe: 520 0

Ibyamamare byifotoje byambaye ubusa bikavugisha benshi mu bakunzi babyo [AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzikazi Rita Ora ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza cyashyize hanze amafoto yambaye uko cyavutse bituma byinshi mu bitangazamakuru bigaruka kuri uyu muco mubi ukomeje koreka...
13 February 2018 Yasuwe: 4093 2

Abanya Eritrea baba mu Rwanda bakiriye ikipe yabo yitabiriye shampiyona y’Afurika [AMAFOTO]

Abanya Eritrea baba mu Rwanda bakiriye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwitabirira imikino ya shampiyona y’Afurika muri uyu mukino izatangira ku munsi w’ejo taliki ya 14...
13 February 2018 Yasuwe: 1154 0

Umukunzi wa Bellerin wo muri Arsenal yashyize hanze amafoto ye yambaye akenda k’ imbere

Myugariro w’ikipe ya Arsenal Hector Bellerin akomeje kugarukwaho na benshi kubera uburanga bw’umukunzi we Shree Patel usanzwe ari umunyamideli mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse ukunze kwambara Bikini...
13 February 2018 Yasuwe: 1655 0
0 | ... | 24250 | 24260 | 24270 | 24280 | 24290 | 24300 | 24310 | 24320 | 24330 | ... | 24580