skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Hamenyekanye igihe umwanzuro wa nyuma wo kuzana mu Rwanda abimukira uzafatirwa

Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza, rwatangaje kuri uyu wa Kane, ko ruzatangaza icyemezo cyarwo mu cyumweru gitaha kigaragaza niba guverinoma igomba gukomeza gahunda yayo yo kohereza abimukira mu...
10 November 2023 Yasuwe: 510 0

Musanze: Umukozi w’akarere wabitse ibikoresho mu rwibutso rwa Jenoside yarekuwe by’agateganyo

Urukiko rwibanze rwa Muhoza rwategetse ko Umukozi w’Akarere ka Musanze,Ntibansekeye Leodomir ukurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro Urwibutso arekurwa by’agateganyo, ariko akajya yitaba...
9 November 2023 Yasuwe: 3432 0

Se wa Luis Diaz yarekuwe n’inyeshyamba zari zamushimuse

Amakuru aturuka kuri polisi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Colombia aravuga ko se w’umukinnyi wa Liverpool, Luis Díaz, yarekuwe n’inyeshyamba zari zamushimuse mu minsi 13 ishize.
9 November 2023 Yasuwe: 1016 0

Igisirikare cy’u Burundi cyavuze ko kitazihanganira M23 kubera amakosa iri gukora

Igisirikare cy’Uburundi kivuga ko kitazihanganira umutwe wa M23 ukibuza kugemurira abasirikare bacyo bari ku birindiro bya Kitchanga na Mweso.
9 November 2023 Yasuwe: 3407 0

The Ben na Pamella bagabanyije ibiciro byo kureba ubukwe bwabo ku rubuga

Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Pamela Uwicyeza bahisemo kugabanya ibiciro byo kureba ubukwe bwabo ku rubuga rwabo bashinze biva ku bihumbi 50 FRW bishyirwa ku bihumbi 10.
9 November 2023 Yasuwe: 2683 0

Ikipe yazimije amatara kugira ngo mukeba wayo atishimira igikombe ku kibuga cyayo

Ikipe yo muri Peru yitwa Alianza Lima,yanze ko mukeba wayo Universitario yishimira igikombe yari imaze kubatwara kuri stade yabo aho umukino warangiye igahita izimya amatara.
9 November 2023 Yasuwe: 1616 0

Umugabo yatunguye urukiko ubwo yasubizaga umugore we wamureze gutera inda abagore batatu

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia, yatunguye umugore we nyuma yo kumenya ko yateye inda abandi bagore batatu batandukanye nyuma y’uko babanye.
9 November 2023 Yasuwe: 3761 0

Gaza: Isirayeli yigaruriye bimwe mu birindiro by’ingabo za Hamas

Mu mujyi wa Gaza hiriwe imirwano ikaze hagati y’ingabo za Isiraheli n’abarwanyi b’umutwe wa Hamas. Ni imirwano yamaze amasaha hafi 10 yaje kurangira Isiraheri yigaruriye bimwe mu birindiro...
9 November 2023 Yasuwe: 1992 0

Burundi: Gen Bunyoni wari ufite inzu 153 n’imodoka 43 yasabiwe igihano kiremereye n’Ubushinjacyaha

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni, yasabiwe gufungwa burundu no gutanga ihazabu yikubye kabiri umutungo afite adashobora kugaragariza inkomoko yawo.
9 November 2023 Yasuwe: 2364 0

Burundi: Umuyobozi wa Komini yijeje abarwaye amaso ko bazakira nibajya kwakira urumuri rw’amahoro

Mu rwandiko rurarikira abaturage bo muri komine Vyanda mu ntara ya Bururi, Umuyobozi wa Komini, Nshimirimana Alexis,yasabye abo ayobora kuzaza n’iyonka kwakira urumuri rw’amahoro ruzagera muri iyo...
9 November 2023 Yasuwe: 624 0