skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

CECAFAU15: Amavubi U15 yasezerewe nyuma yo gutsindwa na Tanzania

U Rwanda rwatsinzwe na Tanzania ibitego 2-1, uba umukino wa kabiri rutakaje muri CECAFA U-15 iri kubera muri Uganda,aho rwahise rusezererwa.
8 November 2023 Yasuwe: 960 0

Umukinnyi Zimbabwe igenderaho yavunitse mbere yo gukina n’u Rwanda

Umukinnyi w Zimbabwe witwa Marshall Munetsi ukina hagati mu kibuga yagiriwe inama n’ikipe akinira mu Bufaransa ya Stade Reims yo kumara ukwezi adakina akabazo yagize bizatuma adakina imikino ya...
8 November 2023 Yasuwe: 892 0

Umugore wemeje ko yasambanye n’abantu 300 yahishuye uko ari gushaka umukunzi

Umunyamideli wiyemerera ko ariwe "mugore wakoranye imibonano mpuzabitsina n’abantu benshi muri Australia" yavuze ko yatangije irushanwa ryo gushaka umukunzi - aho ngo agiye kujya asohokana...
8 November 2023 Yasuwe: 2155 0

Abagabo bane bajyanwe mu rukiko bashinjwa kwiba umusarani wa zahabu

Ku wa mbere, ubushinjacyaha bwatangaje ko abagabo bane bakurikiranyweho kwiba umusarani wa zahabu mu ngoro yo mu majyepfo y’Ubwongereza, aho wabitswe mbere yo gushyirwa mu imurikagurisha.
8 November 2023 Yasuwe: 1087 0

Perezida Kagame yasubije ibibazo bitanu by’amatsiko kuri we birimo n’inama yagira umutoza Arteta

Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’, Ishami rya Afurika y’Iburasirazuba ry’Ikigo cyo muri Suède gisanzwe gifasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga...
8 November 2023 Yasuwe: 1456 0

Perezida Kagame yongeye guha ubutumwa bukomeye abasuzugura Afurika

Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’, Ishami rya Afurika y’Iburasirazuba ry’Ikigo cyo muri Suède gisanzwe gifasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga...
8 November 2023 Yasuwe: 1380 0

Abakinnyi batandatu barashaka gutandukana na Kiyovu Sports kubera kudahembwa

Abakinnyi batandatu ba Kiyovu Sports bari kwitegura gusezera ku ikipe kubera ko bamaze igihe badahembwa ndetse aba bariyongeraho umutoza Petros Koukouras nawe udaheruka umushahara.
8 November 2023 Yasuwe: 1481 0

Rayon Sports mu nzira zo gutandukana n’abakinnyi barindwi barimo abakomeye

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gutegura isoko ryo mu kwezi kwa mbere kuko igiye gutandukana n’abakinnyi 6 barimo Joackiam Ojera na Kalisa Rashid babonye amakipe hanze.
8 November 2023 Yasuwe: 2728 1

Arteta yasabye abandi batoza kumwiyungaho bakamagana VAR byeruye

Umutoza Mikel Arteta arahamagarira abatoza bagenzi be guhuza imbaraga bakamagana ikoranabuhanga ryashyiriweho gufasha abasifuzi rya VAR,rikomeje gukora amahano muri Premier League.
8 November 2023 Yasuwe: 1209 0

Man City yatanze andi makipe kurenga amatsinda ya Champions League 2023/2024 ikora n’agahigo

Ikipe ya Manchester City yabaye ikipe yihuse cyane kugeza ku bitego 250 muri Champions League ndetse ibimburira izindi kugera muri 1/16 cy’iri rushanwa muri uyu mwaka w’imikino wa 2023/2024.
8 November 2023 Yasuwe: 641 0