skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kim Kardashian yongeye gushyira hanze ifoto ishotora abagabo

Nkuko asanzwe abizwiho, Kim Kardashian yongeye gushyira hanze ifoto yambaye ubusa bituma benshi bavuga amagambo menshi. iyi niyo foto Kim Kardashian yashyize hanze ivugisha benshi amagambo...
7 January 2018 Yasuwe: 651 0

Danny Usengimana yavunitse

Umukinnyi Danny Usengimana ukinira ikipe ya Singida United yo mu gihugu cya Tanzania yagize imvune ikomeye ku kuboko igiye gutuma amara ukwezi kose mu kibuga adakina. Uyu musore yagiriye...
7 January 2018 Yasuwe: 232 0

Coutinho yamaze kugurwa n’ikipe ya FC Barcelona

Umunya Brazil Philippe Coutinho wakiniraga Liverpool mu kibuga hagati, yamaze kwerekeza mu ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne aguzwe akayabo ka miliyoni 145 z’amapawundi aho yasinye amasezerano...
7 January 2018 Yasuwe: 188 0

Imvururu zitumye umukino wa gicuti wahuzaga Amavubi na Sudan uhagarikwa

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 06 Mutarama 2018 nibwo hari hateganyijwe umukino wa gicuti wagombaga guhuza Amavubi na Sudan kuri stade ya Stade Mongi Ben Brahim mu mugi wa Sousse muri Tuniziya,...
6 January 2018 Yasuwe: 263 1

Umuhanda Rwandex-Sonatube-Prince House, urafunzwe by’agateganyo

Polisi y’igihugu yatangaje ko umuhanda Rwandex-Sonatube-Prince House, wafunzwe by’agateganyo kubera imirimo yo kubaka Rond-point ya Sonatube bityo abawukoreshaga bakaba bakwifashisha indi mihanda...
6 January 2018 Yasuwe: 511 0

Ikanzu yasebeje icyamamare kitari cyambaye ikariso imbere y’imbaga [amafoto]

Icyamamare mu kuririmba,gususurutsa abantu mu bitaramo no gukina amakinamico kuri televiziyo cyitwa Shane Gilberto Jeneko kizwi nka Courtney Act gikomoka muri Australia,cyaraye gisebejwe n’ikanzu...
6 January 2018 Yasuwe: 2105 1

George Weah yatumiye Wenger mu birori byo kurahira kwe

Icyamamare mu mupira w’amaguru George Weah giheruka gutorerwa kuyobora Liberia,cyatumiye umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger kuzaza mu birori byo kurahirira kuyobora iki gihugu nka perezida...
6 January 2018 Yasuwe: 715 0

Messi ashobora kuva mu ikipe ya FC Barcelona

Nubwo umukinnyi Lionel Messi aherutse gusinya amasezerano maremare ndetse agahabwa umushahara w’ikirenga na miliyoni 80 z’agahimbazamusyi,amakuru ari kuvugwa ni uko ashobora kuva muri FC Barcelona...
6 January 2018 Yasuwe: 948 0

Amavubi arakina na Sudani mu mukino wa gicuti wo kwitegura CHAN

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Amavubi arakina umukino wa mbere wa gicuti na Sudan muri Tuniziya aho barakinira kuri Stade Mongi Ben Brahim mu mugi wa Sousse saa cyenda n’igice. Umutoza w’ikipe...
6 January 2018 Yasuwe: 243 0

Rwemarika yamaze kujuririra ibyavuye mu matora ya FERWAFA muri FIFA

Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA nk’umukandida umwe rukumbi,nyuma y’aho Nzamwita Vincent De Gaulle bagombaga guhangana, yakuyemo kandidatire ye habura amasaha make kugira...
6 January 2018 Yasuwe: 827 1