skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Witakenge yagizwe umutoza wungirije muri Rayon Sports

Umutoza Jeannot Witakenge niwe wahawe akazi ko kuba umutoza wungirije muri Rayon Sports asimbuye Ndikumana Hamad witabye Imana ku I taliki ya 15 Ugushyingo 2017. Nubwo byari bimaze igihe...
5 January 2018 Yasuwe: 1314 1

Umunyamakuru wa RBA yitabye Imana

Umunyamakuru Nkurayija Innocent Didier wakoreraga RBA mu karere ka Rubavu yaraye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Gisenyi biri mu karere ka Rubavu, aho yari amaze iminsi arwarire. Uyu musore...
5 January 2018 Yasuwe: 7411 0

Masudi yahakanye ko nta makimbirane ari hagati ye na Haruna Niyonzima

Masudi Djuma yahakanye amakuru yari amaze iminsi avugwa mu binyamakuru byo muri Tanzania ko afitanye amakimbirane na Haruna Niyonzima ndetse batagicana uwaka nyuma yo kugirwa umutoza mukuru...
5 January 2018 Yasuwe: 528 0

Rwemarika yasubije abibaza niba azongera kwiyamamaza

Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA ariko ntabashe gutsinda amatora bitewe na bamwe mu bagombaga gutora batumye amajwi yabo aba imfabusa,yatangaje ko atarafata icyemezo ku...
5 January 2018 Yasuwe: 832 1

Amafoto ya Neymar n’umukunzi we bari gusomana yaciye ibintu

Neymar ukinira ikipe ya PSG yagaragaye ari gusomana n’umukunzi we Bruna Marquezine ku mucanga wo muri Brazil ndetse amafoto yabo bombi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo hirya no hino ku isi....
5 January 2018 Yasuwe: 775 0

Mohamed Salah niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Afurika

Umunya Misiri Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza,niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka muri Afurika aho yahigitse umunya Senegal Sadio Mane ndetse n’umunya Gabon Pierre Emerick...
5 January 2018 Yasuwe: 200 0

Amaze amezi 5 asinziriye muri CHUK kubera ikinya yatewe abyara cyanze kumuvamo

Umubyeyi witwa Mukansanga Théodette w’imyaka 39 wo mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ntarongera gukanguka nyuma yo guterwa ikinya abyara none cyanze kumuvamo. Uyu...
4 January 2018 Yasuwe: 782 0

Hasohotse igitabo kivuga ku mubano wa Trump n’umugore we Melania

Umwanditsi witwa Michael Wolff yasohoye igitabo cyitwa ’Fire and Fury: Inside the Trump White House’ avuga ko perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump n’umugore we Melania Trump...
4 January 2018 Yasuwe: 827 0

Gacinya yakatiwe igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo

Rwiyemezamirimo akaba na visi perezida wa Rayon Sports Gacinya Chance Dennis amaze gukatirwa igifungo cy’iminsi 30 n’urukiko rwa Nyarugunga mu mujyi wa Kigali kubera ibyaha akekwaho byo kubeshya...
4 January 2018 Yasuwe: 460 0

Umunyamakuru akomeje kwandikira ubutumwa icyamamare The Rock agisaba gutandukana n’umugore we bakibanira

Umugore w’imyaka 50 witwa Davina McCall yatangaje ko akomeje kwandikira ubutumwa kuri Twitter icyamamare mu gukina amafilime Dwayne Johnson uzwi nka The Rock kugira ngo amutandukanye n’umugore we...
4 January 2018 Yasuwe: 603 0