skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

M23 yafunze umuhanda Goma-Minova nyuma yo gukubita FARDC ikajya mu majyepfo

Abatuye Umujyi wa Goma baragenda barushaho kujya mu bibazo nyuma y’aho M23 yigaruriye umuhanda uhuza uyu mujyi na Minova nyuma y’imirwano ikomeye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 08 Werurwe 2023,...
9 March 2023 Yasuwe: 4023 0

Leta ya RDC yashimagije indi mitwe yica abaturage bayo ivuma M23 gusa

Patrick Muyaya Minisitiri w’itumanaho n’itangazamkuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, yabajijwe ibibazo n’itangazamakuru ku birebana n’ikibazo...
9 March 2023 Yasuwe: 1881 0

Burundi: Abakozi bo muri Perezidansi bategetswe gusenga iminota 30 buri munsi mbere y’akazi

Guhera kuri uyu wa kabiri,tariki ya 07 Werurwe 2023, abakozi bo mu biro bya Perezida w’Uburundi, abo mu biro by’icyegera cye n’abo mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu bategetswe gutangira...
9 March 2023 Yasuwe: 976 0

Mikel Arteta yavuze ku makuru amwerekeza mu ikipe ya Real Madrid

Umutoza uri mu bahagaze neza ku isi,Mikel Arteta yamaganye amakuru akomeje kuvugwa ko mu mpeshyi ashobora kwerekeza muri Real Madrid imwifuza ahubwo yemeza ko ahanze amaso gukomezanya na Arsenal....
9 March 2023 Yasuwe: 1586 0

PSG yongeye gusezererwa muri Champions League mu buryo bugayitse

Benshi bakomeje kwibaza umumaro w’amafaranga abanya Qatar bashora mu ikipe ya PSG kuko ikomeje gusezererwa mu buryo bugayitse muri Champions League byitwa ko ifite abakinnyi b’ibyamamare. Mu...
9 March 2023 Yasuwe: 1048 0

Umugabo yapfuye nyuma yo kunywa inzoga n’ibinini byongera ubushake bwo gutera akabariro

Umugabo w’imyaka 41 yapfuye nyuma yo kunywa ibinini byongera ubushake bwo gutera akabariro bizwi nka Viagra akoresheje inzoga. Uyu mugabo ukomoka ahitwa Nagpur, India,yari muri hoteli n’umukobwa...
8 March 2023 Yasuwe: 3120 0

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we babuze umutetsi kandi bari gutanga akayabo k’umushahara

Kizigenza Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bamaze igihe bashaka umutetsi w’inzobera uzabatekera mu rugo rwabo rushya bagiye kuzuza rubatwaye akayabo ka miliyoni 17 z’amapawundi...
8 March 2023 Yasuwe: 3232 0

M23 n’igisirikare cy’u Burundi banyomoje ibyatangajwe na FARDC

Amakuru ava mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokrasi ya Congo avuga ko intambara zikomeje hagati y’igisirikare cya leta n’inyeshyamba z’umutwe M23, hatubahirijwe amasezerano yo guhagarika...
8 March 2023 Yasuwe: 2293 0

Ubushinjacyaha bwasabye ko Idamange yongererwa imyaka itandatu kuyo yari yakatiwe

Urukiko rw’ubujurire rwumvise urubanza rwa Yvonne Idamange wakatiwe igifungo cy’imyaka 15 ku byaha birimo guhakana jenoside . Urukiko rw’ubujurire ruvuga ko ubwanditsi bwarwo bwari bwakiriye...
8 March 2023 Yasuwe: 1692 0

Rayon Sports yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023 kubera FERWAFA

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye mu gikombe cy’amahoro nyuma yo kubwirwa ko umukino wayo na Intare FC wari uyu munsi wimuriwe kuwa Gatanu. Rayon Sports ntiyishimiye uburyo FERWAFA...
8 March 2023 Yasuwe: 4216 0