skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

IFOTO Y’UMUNSI: Abakinnyi ba Rayon Sports y’abagore bizihije umunsi wabo mu buryo bwihariye

Uruganda rwa SKOL rwakiriye ikipe y’abagore ya Rayon Sports mu Nzove, isangira nabo, inabifuriza umunsi mwiza Mpuzamahanga w’abagore. Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 8 Werurwe, u Rwanda...
8 March 2023 Yasuwe: 1765 0

Perezida Macron yatemberanye na Fally Ipupa banywera inzoga mu muhanda

Amashusho ya Perezida w’Ubufaransa afashe icupa ry’inzoga hamwe n’umuhanzi Fally Ipupa mu mbaga y’abantu ikomeje guca ibintu hirya no hino. Uyu Perezida w’Ubufaransa woroshya ubuzima cyane...
8 March 2023 Yasuwe: 3116 0

Rayon Sports ntiyishimiye isubikwa ry’umukino wayo ku munsi wagombaga kuberaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryimuye umukino wa Rayon Sports na Intare FC habura amasaha abiri n’igice ngo ukinwe. Rayon Sports yagombaga kwakirira Intare FC kuri Stade...
8 March 2023 Yasuwe: 956 0

Yagarutse mu ishuri ku myaka 52 nyuma yo kurikurwamo n’iringaniza

Madamu Mugirwanake Margaret yatunguye benshi ubwo yafataga umwanzuro wo kugaruka ku ishuri ku myaka 52 nyuma yo kurivamo atarangije ay’isumbuye kubera politiki y’iringaniza. Nk ’umunyeshuri...
8 March 2023 Yasuwe: 1110 0

FARDC yabyutse igaba igitero kuri M23 yari yemeye guhagarika imirwano

Nyuma y’amasaha macye umutwe wa M23 utangaje ko uhagaritse imirwano ku mugaragaro, wagabweho igitero gikomeye n’igisirikare cya Congo gifatanyije n’imitwe irimo FDLR. Kuri uyu wa Kabiri tariki...
8 March 2023 Yasuwe: 2890 1

Myugariro Kyle Walker yagaragaye yasinze ari gukorakora abandi bagore

Myugariro Kyle Walker w’Ubwongereza yagaragaye mu kabari yasinze kandi asomana n’umugore utari uwe,hanyuma afatwa amashusho. Uyu mukinnyi wa Man City w’imyaka 32, yabyinanye n’uyu mugore...
8 March 2023 Yasuwe: 1146 0

Chelsea FC na Benfica zabimburiye izindi kugera muri 1/4 cya Champions League

Nyuma y’imikino myinshi ibitego byarabuze,ikipe ya Chelsea yitwaye neza mu ijoro rya Champions League isezerera Borussia Dortmund iyitsinze ibitegi 2-0 mu mukino wo kwishyura cyane ko mu mukino...
8 March 2023 Yasuwe: 596 0

Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse

Uwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye. Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare...
8 March 2023 Yasuwe: 2597 0

Rtd Gen Gatsinzi Marcel wabaye Minisitiri w’ingabo yahitanwe n’uburwayi

Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo yitabye Imana azize uburwayi, aguye mu bitaro mu Bubiligi aho yari arwariye. Amakuru y’urupfu rwa Gatsinzi yamenyekanye ku mugoroba wo...
7 March 2023 Yasuwe: 2643 0

Umugabo yategewe Inzoga za Nguvu ebyiri n’ibihumbi 5000FRW birangira apfuye

Umugabo witwa Kalimunda Phenias w’imyaka 43 wari utuye mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke yapfuye urupfu rutunguranye nyuma yo kunywa amacupa abiri ya Nguvu yari amaze gutegerwa na...
7 March 2023 Yasuwe: 3129 1