skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Minisitiri w’Uburezi yihanganishije ababyeyi b’umwana wahitanwe n’impanuka ya bisi

Umwe mu bana 15 bakomerekeye mu mpanuka yabereye ku Irebero mu Mujyi wa Kigali,yitabye Imana aguye mu bitaro kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023. Uyu mwana witwa Kenny Mugabo yari afite...
10 January 2023 Yasuwe: 1084 0

Arteta yatanze impuruza y’igishobora kumubuza gutwara Premier League

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,ushimwa na benshi kubera urwego amaze kugeza kuri iyi kipe yasabye ubuyobozi bwe gushora amafaranga ku isoko muri uku kwezi kwa mbere akagura ba rutahizamu kuko umwe...
10 January 2023 Yasuwe: 2480 0

Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari...
10 January 2023 Yasuwe: 2176 0

Perezida Kagame yaburiye RDC kubera Abacancuro b’Abarusiya yikururiye

Perezida Kagame yavuze ko RDC yiringiye abacancuro iri mu bibazo bikomeye ndetse yemeza ko u Rwanda rwiteguye guhangana nabo nibiba ngombwa. Ibi yabivugiye mu muhango wo kwakira indahiro ya...
10 January 2023 Yasuwe: 4086 0

APR FC yatije Marines FC abakinnyi 4 kugira ngo bayifashe kutamanuka

Ikipe ya APR FC yarwanye kuri Marines FC iri mu makipe amanuka iyitiza abakinnyi 4 kugira ngo yongere kugaruka mu bihe byiza. Abakinnyi Marines FC yatijwe barimo Mbonyumwami Thaiba yaguze mu...
10 January 2023 Yasuwe: 971 0

Umwana umwe mu bari muri Bisi yakoze impanuka yapfuye

Umwana witwa Kenny Mugabo uri muri 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari ibajyanye ku ishuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yitabye Imana. Yigaga mu mwaka wa Gatanu. Amakuru aremeza ko uyu...
9 January 2023 Yasuwe: 1684 0

"Ikibazo cyabo ntabwo kindeba"-Perezida Kagame yongeye kugaruka ku bibazo bya RDC

Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kitamureba kuko baburiye iki gihugu kikanga kumva. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu muhango wo...
9 January 2023 Yasuwe: 1662 1

Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023

Perezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2023 abayobozi bakwiriye guhindura imikorere ndetse avuga ko uyu mwaka ugomba gusiga hari ibikemutse nk’ikibazo cy’ibirarane by’imishinga y’abaturage,ikibazo...
9 January 2023 Yasuwe: 4341 1

Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena

Dr. François Xavier Kalinda yatorewe kuyobora Sena mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, asimbura Dr Iyamuremye Augustin, uherutse kwegura kuri uyu mwanya kubera impamvu z’uburwayi. Senateri...
9 January 2023 Yasuwe: 1218 1

Perezida Kagame yihanganishije abana bakoze impanuka abizeza inkunga

Perezida Paul Kagame yihanganishije imiryango y’abana b’abanyeshuri bakoreye impanuka ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro nyuma y’uko imodoka yari ibatwaye irenze umuhanda. Mu butumwa Perezida...
9 January 2023 Yasuwe: 2485 1