skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umugabo yiyemeje guhangana n’umugore we ashinja kumuruma imyanya y’ibanga

Umugabo utuye ahitwa Kisii muri Kenya yiyemeje guhangana n’umugore we wamurumye imyanya y’ibanga ku munsi wa nyuma w’umwaka wa 2022. Uyu mugabo yabwiye ibinyamakuru ko ibyavuzwe ko yiteguye...
6 January 2023 Yasuwe: 1259 0

Amwe mu mateka ya Dr Francois Xavier Kalinda wagizwe Senateri

Kuri uyu wa 06 Mutarama 2023,Perezida Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda muri Sena y’u Rwanda ngo asimbure Iyamuremye Augustin uherutse kwegura. Bwana Kalinda yaherukaga...
6 January 2023 Yasuwe: 5518 1

Perezida Kagame yagize Dr François Xavier Kalinda Umusenateri

Perezida Kagame yagize Dr. François Xavier Kalinda Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ribitangaza. Ashingiye ku...
6 January 2023 Yasuwe: 1764 0

APR FC igiye kugaura umutoza wungirije ufite ubunararibonye buhambaye

Umunya-Tunisia Jamel Eddine Neffati yongeye kugirwa Umutoza wungirije muri APR FC. Jamel Eddine Niffati umunya Tunisia w’imyaka 33 niwe wagizwe umwungiriza wa Ben Mussa ugiye kugirwa umutoza...
6 January 2023 Yasuwe: 1395 0

U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri Afurika mu kugendera ku mategeko

Icyegeranyo cyakozwe n’umushinga mpuzamahanga ku butabera, cyashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika no mu karere ruherereyemo, ndetse no ku mwanya wa 42 ku isi nk’igihugu kigendera ku...
6 January 2023 Yasuwe: 586 0

Chelsea FC yatanze abakinnyi 3 n’akayabo k’amafaranga kugira ngo ibone kizigenza iri kwirukaho

Ikipe ya Chelsea iracyakomeje kwiruka ku bakinnyi bashya aho yafashe hasi hejuru ishaka umunya Argentina w’imyaka 21,Enzo Fernandez ukinira Benfica unaheruka gutwara igikombe cy’isi. Iyi kipe...
6 January 2023 Yasuwe: 1870 0

Ibigwi bya Cristiano Ronaldo bigiye gutuma arenga ku itegeko rya Saudi Arabia

Kizigenza Cristiano Ronaldo azemererwa kubana n’umukunzi we Georgina Rodriguez batarashyingiranwa byemewe n’amategeko n’ubwo bitemewe mu gihugu cya Saudi Arabia agiye gukinamo. Cristiano Ronaldo...
6 January 2023 Yasuwe: 2483 0

Umugabo yishe umuryango we wose nyuma y’uko umugore we asabye gatanya

Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko nawe yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya, nk’uko polisi ibivuga. Kuwa gatatu...
6 January 2023 Yasuwe: 1279 0

FARDC yagaragaye mu mujyi wa Goma iri kumwe n’abo bivugwa ko ari abacancuro ba Wagner

Abacancuro b’Abarusiya bazwi ku izina rya Wagner bagaragaye batembera mu mujyi wa Goma bari kumwe n’ingabo za FARDC mu modoka. Aba bacancuro bivugwa ko baje gufatanya n’igisirikare cya Congo,...
6 January 2023 Yasuwe: 1806 0

Uwakiniye Manchester United yabaye umupadiri nyuma yo kureka umupira

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United yahisemo kureka ibijyanye nawo yinjira mu iyobokamana none ubu yabaye umupadiri. Uyu mugabo wo muri Irlande y’Amajyaruguru witwa Philip Mulryne yaretse...
6 January 2023 Yasuwe: 2397 0