skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Imiryango ikomeye yafashaga Abanya Afghanistan yahagaritse ibikorwa kubera umwanzuro w’Abatalibani

Amashyirahamwe atanu akomeye cyane yahagaritse ibikorwa muri Afghanistan nyuma y’aho aba Taliban bahagaritse abakozi b’abagore bayakoreraga. Amashyirahamwe arimo Care International, Norwegian...
26 December 2022 Yasuwe: 685 0

Perezida Tshisekedi yahaye isezerano rikomeye abanyekongo

Mu butumwa bwo kwifuriza abanyecongo Noheli nziza Perezida Felix Tshisekedi wa DRC yavuze ko azarinda umutekano wabo n’ibyabo mu gihugu hose. Mu butumwa bwateguwe kandi yasomaga yakuranwa...
25 December 2022 Yasuwe: 5471 0

Ingabo za RDC zanenze igikorwa cya M23 cyo kurekura Kibumba

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,FARDC,zatangaje ko kuba umutwe wa M23 waravuye muri Kibumba ari "umutego" ugamije kuyobya abantu kuko ngo wagiye gukomeza ibirindiro byawo ahandi....
25 December 2022 Yasuwe: 7632 0

Barack Obama yongeye gusangiza abamukurikira indirimbo yakunze kurusha izindi muri 2022

Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
25 December 2022 Yasuwe: 1756 0

Hatangajwe amatariki mashya shampiyona y’u Rwanda izasubukurirwaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje impinduka ku gihe imikino yo kwishyura muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda igomba gutangiriraho. FERWAFA yanzuye ko...
25 December 2022 Yasuwe: 1845 0

Umukobwa w’ikizungerezi yavuze ko ashaka umugabo nubwo yanduye SIDA [AMAFOTO]

Umukobwa w’ikizungerezi uvuga ko yanduye virusi itera SIDA yashegeshe abasore ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga ko yifuza uwo babana nubwo abana n’ubwo burwayi Abinyujije kuri Twitter,uyu...
24 December 2022 Yasuwe: 5657 1

Yateye icyuma umugabo we asinziriye nyuma y’amezi abiri gusa babana

Umugore wo muri Zambia witwa Elizabeth Mandiza w’imyaka 22arashinjwa gutera icyuma umugabo we bikamuviramo urupfu. Uyu mugore ngo yahengereye umugabo we w’imyaka 29 witwa Henry Msoni asinziriye...
24 December 2022 Yasuwe: 4523 2

Ethiopia:Bari guhiga bukware impyisi zibamazeho abantu

Ikigo gishinzwe inyamaswa muri Ethiopia kiri kuyobora ibikorwa by’itsinda ry’abahigi barimo guhiga no kwica impyisi hafi y’umurwa mukuru, Addis Ababa. Ni nyuma y’uko ibitero by’izo ‘mahuuma’ ku...
24 December 2022 Yasuwe: 2831 0

Umukobwa wa Pelé yashyize hanze ifoto ibabaje ahobeye se urembye

Umukobwa w’icyamamare mu mupira w’amaguru Pelé kuwa gatanu nijoro yatangaje kuri Instagram ubutumwa bukomeye n’ifoto ari kumwe na se mu bitaro bya Einstein Jewish Hospital mu mujyi wa São Paulo....
24 December 2022 Yasuwe: 3316 0

RCS yumvise ubusabe bw’abasura imfungwa n’abagororwa

Urwego Rushinzwe Igorora, RCS,rwatangaje ko kwipimisha Covid-19 mbere yo gusura umuntu ufunzwe,byakuweho. Ibi biri mu itangazo ryasohowe n’uru rwego, kuri uyu wa Gatanu, tariki 23 Ukuboza 2022....
24 December 2022 Yasuwe: 1937 0