skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Leonardo DiCaprio wakinnye Titanic yongeye gukundana n’umukobwa muto cyane akubye mu myaka [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Fiimi,Leonardo DiCaprio wamamaye nka Jack muri filimi Titanic,ari mu rukundo n’umukobwa w’imyaka 23 witwa Victoria Lamas,kandi we afite imyaka 48. Uyu mwana w’umukobwa uri gukundana...
23 December 2022 Yasuwe: 2020 0

Igitego cyiza kurusha ibindi byose byatsinzwe mu gikombe cy’isi 2022 cyamenyekanye

FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu gikombe cy’isi aricyo cyahize ibindi byose mu bwiza muri iri rushanwa. Uyu musore w’imyaka 25...
23 December 2022 Yasuwe: 3380 0

Umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi ibintu bikomeye bagomba kwirinda mu biruhuko

Umuyobozi wa APR F.C, Lt Gen MK MUBARAKH yasangiye n’abakinnyi, abatoza n’abakunzi b’iyi kipe y’Ingabo z’u Rwanda, abifuriza umwaka mushya muhire. Mbere y’uko bajya gusangira iminsi mikuru...
23 December 2022 Yasuwe: 1135 0

Umunyezamu Onana washinjwe imyitwarire mibi mu gikombe cy’isi yasezeye mu ikipe ya Cameroon

Umunya-Cameroun André Onana ukinira Inter Milan yahagaritse gukinira ikipe y’igihugu cye,nyuma yo kwirukanwa mu mwiherero mbere yo guhura na Serbia mu itsinda ry’igikombe cy’isi. Yafashe iki...
23 December 2022 Yasuwe: 1202 0

Shah Rukh Khan yatunguranye kubera ikintu cyamugoye ari gufata amashusho

Kizigenza mu gukina filimi uzwi cyane mu z’Igihinde,Shah Rukh Khan yatunguye abakunzi be kubera ibyamuvuzweho ko yagize isoni zo kwerekana inda ye mu gufatwa amashusho y’indirimbo yitwa Jhoome Jo...
23 December 2022 Yasuwe: 995 0

Luis Suarez yakoze igikorwa gikomeye kigaragaza urukundo afitiye Messi

Rutahizamu Luis Suarez yasuye Lionel Messi iwe mu rugo rwe ruri aho avuka mu mujyi wa Rosario muri Argentina kugira ngo bafatanye kwishimira igikombe cy’isi yatwaye ndetse banasangire iminsi...
23 December 2022 Yasuwe: 1971 0

M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda

Ku isaha ya saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu I Kibumba,muri RDC,Umutwe wa M23 urashyikiriza ibirindiro byayo biri muri ako gace ingabo z’umutwe wa EACRF,uhuriweho mu kubungabunga amahoro. Uyu...
23 December 2022 Yasuwe: 2121 0

Uwabaye icyegera cya Minisitiri w’Intebe w’Uburusiya yarasiwe muri Ukraine

Uwahoze ari umutegetsi w’Uburusiya uzwi cayne mu gihugu, akaba yarahoze ayoboye igice kijyanye n’iby’ikirere, akaba yaranabaye icyegera cya Minisitiri w’Intebe,aravuga ko yakomerekeye mu gitero cya...
23 December 2022 Yasuwe: 2339 0

Abiyise abuzukuru ba shitani barashinjwa gukubita abafana ba APR FC bakabagira intere

Abafana babiri na APR FC baraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa ndetse bakanakomeretswa n’abavugwa ko ari mayibobo z’i Rubavu zizwi nk’Abuzukuru ba Shitani. Ibi byabaye nyuma y’umukino w’umunsi wa...
23 December 2022 Yasuwe: 1957 0

Etincelles FC yahagamye APR FC ishimangira igitinyiro ku makipe akomeye

Umukino wahuzaga APR FC na Etincelles FC ku munsi wa 15 wa shampiyona, warangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1 bituma Etincelles FC ishimangira ubudahangarwa bwayo. Nyuma yo gutsinda Rayon...
22 December 2022 Yasuwe: 2107 0