skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira kubera ibyo yatangaje kuri Man United

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ashobora gufatirwa ibihano birimo gucibwa umushahara w’ibyumweru 2 ungana na miliyoni imwe y’amapawundi kubera ibyo yatangaje kuri Manchester United mu kiganiro...
14 November 2022 Yasuwe: 2084 0

APR FC yatumije inama ikomeye izafatirwamo imyanzuro ikomeye

Ikipe ya APR FC yatumije inama y’igitaraganya iteganyijwe kuba ku wa Kabiri, tariki ya 15 Ugushyingo 2022, yiga ku bibazo bimaze iminsi bivugwa muri iyi kipe. Ni inama izitabirwa n’abagera kuri...
14 November 2022 Yasuwe: 1540 0

Biravugwa: M23 yarashe utudege tubiri tw’ingabo za FARDC

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo aravuga ko utudege tubiri tutagira abapilote [drones] twa FARDC twarashwe na M23 I Rutshuru,aho intambara ikomeje gufata indi ntera....
14 November 2022 Yasuwe: 6510 1

Umwe mu bakobwa babiri bavutse bafatanye yavuze ko yabonye umukunzi [AMAFOTO]

Umwe mu mpanga 2 zavutse zifatanye zifite imyaka 21,yemeje ko amaze amezi 18 akundana n’umukunzi bahuriye ku rubuga rwa Hinge gusa avuga ko umuvandimwe we bafatanye ari ’umwana mubi’ Uyu...
14 November 2022 Yasuwe: 3732 0

Biravugwa ko Adil Mohamed yanze kugaruka mu kazi ko gutoza APR FC

Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje Umutoza Adil Mohamed ko tariki ya 14 Ugushyingo agomba kugaruka mu kazi. Amakuru akaba avuga ko uyu...
14 November 2022 Yasuwe: 1577 0

Umukinnyi wa Everton yahaye umupira umufana ahita awumusubiza nabi kubera ko batsinzwe

Umukinnyi Alex Iwobi wari ubabajwe cyane no gutsindwa na Bournemouth Kuwa Gatandatu,yahaye ishati inshuti ye yari yicaye ku murongo w’imbere, ariko uyu mufana utarishimiye umusaruro w’ikipe yahise...
14 November 2022 Yasuwe: 958 0

Ibaruwa y’ubwegure bwa Depite Mbonimana ushinjwa ubusinzi bukabije yagiye hanze

Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Sheikh Musa Fazil Harerimana, yemeje amakuru y’ubwegure bwa Depite Gamariel Mbonimana uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko gutwara imodoka yasinze yabigize...
14 November 2022 Yasuwe: 1928 0

Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye

Umudepite witwa Gamariel Mbonimana, uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko yafashwe atwaye imodoka yasinze, yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko ibaruwa y’ubwegure bwe. Umudepite...
14 November 2022 Yasuwe: 2371 0

Lionel Messi yashinje Pep Guardiola kwica umupira w’amaguru

Lionel Messi yahishuye mu buryo bwihariye ko Pep Guardiola yangije cyane umupira wamaguru mu gihe yamaze muri Barcelona. Aba bombi bakoranye muri Barcelona hagati ya 2008 na 2012, batwara...
14 November 2022 Yasuwe: 2495 0

TIR irashinja Inzego zishinzwe kugenza ibyaha gutuma ubucucike mu magereza bwiyongera bikabije

Inzego zishinzwe ubugenzacyaha zatunzwe agatoki mu gutuma ubucucike mu magereza mu Rwanda bukomeje gutumbagira aho bugeze kuri 174%. Raporo ya Transparency International ishami ry’u Rwanda...
14 November 2022 Yasuwe: 1003 0