skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Kagame yanenze ababyeyi barangaye abana babo bakaba abasinzi ruharwa

Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwavuye kure ndetse uyu munsi hakaba hari ibibazo rumaze kurenga hakiri inzitizi zijyanye n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko barangwa n’ubusinzi bukabije...
13 November 2022 Yasuwe: 1267 0

Perezida Kagame yavuze uko yasohotse mu nama y’abaminisitiri amaze kwitwa umwicanyi n’abayobozi

Perezida Kagame yavuze ko muri Guverinoma ya Mbere y’u Rwanda, hari ibigeragezo byinshi, byakwivangamo amateka mabi ya kera ashingiye ku moko n’amatwara mashya, bigahindura isura. Yabigarutseho...
13 November 2022 Yasuwe: 3275 1

Umugabo wamaze imyaka 18 aba mu kibuga cy’indege yapfuye

Umugabo wo muri Iran wamaze imyaka 18 aba mu kibuga cy’indege cy’i Paris yapfuye. Nyuma yo guhera mu cyeragati kubera ibyangombwa, Mehran Karimi Nasseri yafashe agace gato k’ikibuga cya Roissy...
13 November 2022 Yasuwe: 1998 0

Perezida Kagame yavuze ubuzima bugoye banyuzemo mu buhungiro n’isomo yabukuyemo

Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo yari mu buhungiro n’umuryango we banyuze muri byinshi kugeza ubwo nyina yajyaga guhinga kugira ngo babone ibyo kurya ndetse anagaruka ku isomo Se yamwigishije...
13 November 2022 Yasuwe: 1199 0

M23 yageze mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma

Munyarugero Canisius Karemera, Umwe mu bavugizi ba M23 yemeje ko uyu mutwe ugeze ku birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma ndetse biteguye kuwutera bakawufata. Amakuru aravuga ko imirwano ikomeye...
12 November 2022 Yasuwe: 7426 1

Police FC yatsinze AS Kigali yari imaze amezi 7 idatsindwa muri shampiyona

Ikipe ya Police FC yatsinze AS Kigali mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona igitego 1-0 biyifasha kuzamuka ku rutonde. AS KIGALI yari imaze amezi 7 idatsindwa muri Shampiyona yatsinzwe igitego...
12 November 2022 Yasuwe: 2087 0

Mikel Arteta yasabiye ubufasha Bukayo Saka umerewe nabi

Umutoza Mikel Arteta yihanangirije Bukayo Saka ko uko azagenda arushaho kuba mwiza, ariko azarushaho kwibasirwa n’abakinnyi bazashaka kumuvuna. Uyu mutoza yasabye abakinnyi bakinana na Saka muri...
12 November 2022 Yasuwe: 3875 0

M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]

Umutwe wa M23 wongeye guha isomo ingabo za Leta ya Congo,FARDC,aho wafashe ibikoresho byayo birimo imbunda, amasasu ndetse n’ibifaru ibindi irabitwika. Amakuru aravuga ko ibifaru 4 bya FARDC...
12 November 2022 Yasuwe: 8923 1

MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza. Mu...
12 November 2022 Yasuwe: 1736 0

MINEDUC yahishuye ibyagendeweho ngo Guverinoma ihindure amasaha yo gutangira amasomo

Minisitiri w’Uburezi,Dr Uwamariya Valentine yavuze ko Guverinoma yafashe icyemezo cyo guhindura amasaha yo gutangira amashuri ku munsi mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi ryakomwaga mu nkokora...
12 November 2022 Yasuwe: 2550 2