skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Kagame yagaragaje umusingi watuma Afurika itera imbere kurushaho

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko kunga ubumwe kw’Afurika bizarushaho gutanga umusaruro kw’iterambere ryayo gusa ashimangira ko kugira ngo Afurika ibe moteri y’ubukungu...
16 May 2024 Yasuwe: 408 0

Umukinnyi w’iteramakofe yakubiswe igipfunsi kiremereye ahita apfa

Umukinnyi w’iteramakofe ukomoka muri Nigeria, Sherif Lawal, yapfuye nyuma yo gukubitwa igipfunsi kiremereye mu mukino we wa mbere nk’uwabigize umwuga.
16 May 2024 Yasuwe: 1596 0

Ibyo wamenya ku nama igiye guhuza abaperezida batanu b’Afurika n’abantu 2,000 i Kigali

Abantu bagera ku 2,000 barimo abakuru b’ibihugu by’Afurika batanu, abakuru b’ibigo byigenga, abashoramari n’abategetsi muri za guverinoma, barateranira muri Kigali Convention Centre mu nama y’iminsi...
16 May 2024 Yasuwe: 844 0

NEC yahishuye aho imyiteguro ya nyuma y’amatora igeze

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa avuga ko kugeza ubu imyiteguro y’amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ihagaze neza, cyane ko mu minsi ya vuba ibikorwa byo...
16 May 2024 Yasuwe: 194 0

Minisitiri w’intebe wa Slovakia ararwana no kubaho nyuma y’igerageza ryo kumwica

Minisitiri w’intebe wa Slovakia Robert Fico ari mu bitaro aho abaganga barimo gukora uko bashoboye ngo arokoke nyuma yo kurasirwa mu mujyi muto uri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa...
16 May 2024 Yasuwe: 331 0

Polisi yafunze Rutahizamu Songa Isaïe wakiniye amakipe menshi mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafunze umukinnyi Songa Isaïe akurikiranyweho gukoresha ibikangisho ku mugore babyaranye ariko batasezeranye imbere...
15 May 2024 Yasuwe: 1604 0

Abasirikare bafite amazina akomeye muri Kivu y’Amajyaruguru biyunze kuri M23

Koloneri wa FARDC na Kapiteni wa Police y’igihugu cya RDC n’abarwanyi benshi ba Nyatura bishyikirije M23 tariki 14 Gicurasi 2024.
15 May 2024 Yasuwe: 3156 0

Minisitiri w’Intebe wa Slovakia yarashwe amasasu menshi

Minisitiri w’Intebe wa Slovakia, Robert Fico, yakomeretse ndetse ajyanwa mu bitaro nyuma yo kuraswaho mu gitero cyagabwe ubwo yari mu nama yamuhuje n’abamushyigikiye mu Mujyi wa...
15 May 2024 Yasuwe: 1181 0

Diamond Platnumz na Zuchu bagiye kuryohereza i Dubai [AMAFOTO]

Mbere yo gutarama mu mujyi wa Dubai ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Gicurasi, Diamond Platnumz na Zuchu bagaragaye bari kuryoshya mu mucanga wo muri uyu...
15 May 2024 Yasuwe: 1296 0

Yishe inshuti ye magara kugira ngo abone uko amwambura akayabo yari amurimo

Umugabo wo muri Nigeria yakoreye ubugomo butangaje inshuti ye aho yamukubise umuhini mu mutwe kugira ngo atazamwishyura akayabo k’amamiliyoni yari amurimo.
15 May 2024 Yasuwe: 1684 0
0 | ... | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | ... | 24580