skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Byarangiye abakozi icyenda bo mu karere ka Rusizi banditse amabaruwa basezera ku kazi

Kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, amakuru yatangiye gukwirakwira avuga ko hari abakozi icyenda b’Akarere ka Rusizi basezeye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite, ariko abandi bakavuga ko...
14 May 2024 Yasuwe: 3821 0

Kera kabaye irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ryagarutse

Nyuma y’imyaka ibiri hadakinwa CECAFA Kagame Cup, ubuyobozi bwa CECAFA bwatangaje ko bwatumiye amakipe 12 yatwaye ibikombe bya shampiyona mu mashyirahamwe nyamuryango aziyongeraho andi makipe 4...
14 May 2024 Yasuwe: 1338 0

Umugabo n’umugore bagaragaye basambanira mu ndege yuzuye abagenzi

Umugabo n’umugore bafashwe amashusho basambanira mu ndege ya British Airways yavaga i Heathrow,mu mujyi wa London yerekeza i Dublin,imbere y’abagenzi benshi.
14 May 2024 Yasuwe: 3525 0

Abafana ba Arsenal bagabye igitero ku ikipe ya Man City nticyabahira

Abafana ba Arsenal baturikije ibishashi hanze ya hoteli y’ikipe ya Manchester City, saa munani z’urukerera rwo kuri uyu wa kabiri,kugira ngo bayibangamire ntibashe kwitwara neza imbere ya...
14 May 2024 Yasuwe: 1713 0

U Rwanda rugiye gutangiza kaminuza ya gisirikare

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yavuze ko hateganywa gushyirwaho kaminza yihariye ya RDF, izajya itanga impamyabumenyi mu gihe ubusanzwe zatangwaga binyuze muri Kaminuza y’u...
14 May 2024 Yasuwe: 1031 0

Guardiola yahaye igisubizo gitangaje abamushinja ko atsinda kubera gushora akayabo ku isoko

Umutoza Pep Guardiola avuga ko Manchester United na Chelsea zakabaye zihataniye igikombe cya Premier League nkabo [Manchester City] na Arsenal iyaba amafaranga ariyo atanga...
14 May 2024 Yasuwe: 906 0

Umukinnyi yohereje impanga ye kumukinira mu mwanya mu ikipe ye

Uwahoze ari umukinnyi wa Barcelona, Edgar Ie, arashinjwa kohereza impanga ye basa, kumukinira mu mwanya mu ikipe ya Dinamo Bucharest.
14 May 2024 Yasuwe: 1630 0

DR Congo: ’Igisubizo cya gisirikare ni cyo dushaka’ – Muyaya

Umuvugizi wa leta ya Congo Kinshasa yatangaje ko batangiye “urugendo rwo gukemura burundu” ibibazo “bikabije” by’umutekano mucye mu burasirazuba bw’igihugu bimaze imyaka 25 cyangwa 30, kandi ko bifuza...
14 May 2024 Yasuwe: 1700 0

Mozambike: Inyeshyamba zateze igico abasirikare ba Afurika y’Epfo zitwika imodoka ebyiri

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Ansar al Sunnah bateze igico ingabo za Afurika y’Epfo zagiye mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Mozambike zizwi nka SAMIM, zikorera mu karere ka...
14 May 2024 Yasuwe: 792 0

Biravugwa: Abakozi benshi mu karere ka Rusizi basabwe gusezera ku kazi

Amakuru yiriwe i Rusizi,ku wa 13 Gicurasi,aravuga ko abagitifu b’imirenge 6 basabwe gusezera akazi ku mpamvu zabo bwite cyo kimwe n’abandi bakozi batandukanye bo mu karere.Abatarasabwe gusezera...
14 May 2024 Yasuwe: 1904 0
0 | ... | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | ... | 24580