skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Chelsea irashaka gusinyisha abakinnyi 3 bifuzwa n’amakipe menshi akomeye

Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice na Christopher Nkunku mu rwego rwo gufasha Todd Boehly kuzama impinduramatwara kuri Stamford Bridge....
29 September 2022 Yasuwe: 1774 0

Burundi: Ukuriye abasirikare afunzwe azira gutanga amategeko nabi ku rugamba benshi bagapfa

Umusirikare w’u Burundi wari uyoboye urugamba muri RDC yafunzwe azira gutanga amategeko nabi bigatuma abasirikare benshi bapfa abandi barakomereka. Ikinyamakuru UBM News dukesha iyi nkuru...
29 September 2022 Yasuwe: 3278 0

Mvukiyehe Juvenal wayoboraga Kiyovu Sports yeguye

Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports kuva muri 2020, yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite no kuba abona atazabasha kugera ku ntego yemereye umuryango w’urucaca. Yavuze...
29 September 2022 Yasuwe: 1988 0

Rulindo: Imodoka 2 zagonganye umuntu umwe ahita ahasiga ubuzima

Impanuka ikomeye yabereye Shyorongi mu karere ka Rulindo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Nzeri 2022, yaguyemo umuntu umwe abandi 15 barakomereka cyane. Ikamyo yerekezaga Kigali yagonze Minibus...
28 September 2022 Yasuwe: 3152 0

Mu nzego z’abikorera haje ku isonga mu higanje ruswa ishingiye ku gitsina

Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda) bwagaragaje ko hejuru ya 75% by’abagore bahura na ruswa ishingiye ku gitsina mu kazi na ho...
28 September 2022 Yasuwe: 1507 0

Abarusiya 194,000 bamaze guhunga igihugu cyabo kubera impamvu itangaje

Ikigo ntaramakuru AP cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kiravuga ko kugeza ejo hashize, Abarusiya barenga 194,000 bari bamaze kwambuka imipaka. Hafi ya bose ni abagabo kandi bakiri bato. Bagenda...
28 September 2022 Yasuwe: 4120 0

Rubavu: Umusaza Sekidende amaze iminsi 3 aryama ku ibaraza ry’ibiro by’akagari

Umusaza witwa Sekidende Hamisi amaze iminsi itatu aryama imbere y’akagari ka Mbugangari avuga ko adafite aho aba,nyuma yuko asohowe mu nzu ye igatezwa cyamunara. Sekidende yasohowe n’umuhesha...
28 September 2022 Yasuwe: 2445 0

Lionel Messi mu nzira zo kuva muri Paris St-Germain

Umukinnyi ukomoka muri Argentine, Lionel Messi, ufite imyaka 35, yiteguye kuva muri Paris St-Germain mu mpeshyi kuko ngo atiteguye kongera amasezerano mashya. Messi wari wasinye amasezerano...
28 September 2022 Yasuwe: 5690 0

Nyagatare:Abayobozi baranduye ibigori by’abaturage banabaca amande ya 50.000 FRW

Inama njyanama y’umurenge wa Nyagatare mu karere ka Nyagatare yemeje ko ibigori abaturage bahinze mu mujyi birandurwa hanyuma uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu....
28 September 2022 Yasuwe: 2194 0

Igikomangoma George ku myaka 9 cyatangiye gukanga abanyeshuri bigana

Nubwo afite imyaka icyenda gusa, ariko igikomangoma George azi neza uwo ari we kandi yagarutse ku bwami ku munyeshuri bigana wamusagariye, nk’uko impuguke w’ibwami yabitangaje. Umuhungu w’imfura...
28 September 2022 Yasuwe: 7429 0