skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Guverinoma nshya ya Perezida Ruto irimo abanyapolitiki n’abo yagororeye

Kuwa kabiri, Perezida William Ruto yatangaje ba minisitiri bagize guverinoma ye n’abajyanama barimo abagore 10 n’abanyapolitiki batowe. Ruto yari yizeje ko 50% by’imyanya azayiha abagore, ariko...
28 September 2022 Yasuwe: 1498 0

Nyamasheke: Polisi yafashe urumogi rwari rutwawe mu mayeri akomeye

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu Karere ka Nyamasheke, yafashe urumogi rungana n’ibilo 247, hatabwa muri yombi abagabo babiri bakurikiranyweho kugira uruhare mu...
28 September 2022 Yasuwe: 6639 0

Shakira amerewe nabi n’inkiko zo mu gihugu cya Espagne

Umunyamuziki w’igihangange, umunya-Colombia Shakira agiye kujyanwa mu nkiko mu za Espagneashinjwa gukwepa kuriha imisoro y’akabakaba miliyoni 14.5 z’ama euro. Urukiko rwo muri Barcelona...
28 September 2022 Yasuwe: 1216 0

Ibigo byo mu ntara byigaranzuye ibyo mu mujyi wa Kigali mu bizamini bya Leta

Abanyeshuri icyenda mu icumi ba mbere bitwaye neza mu gihugu mu bizamini bya leta bisoza amashuro abanza n’ay’icyiciro rusange bose bize mu bigo by’amashuri byo mu ntara,Nkuko byatangajwe na...
28 September 2022 Yasuwe: 3286 0

Perezida wa FERWAFA yavuze ku kaga Amavubi U23 yahuye nako katumye inyagirwa

Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo Olivier, yavuze ko batari basobanukiwe iby’ingendo zo muri Libya aricyo cyatumye Amavubi U23 agera muri iki gihugu ku munsi w’umukino akanyagirwa ibitego 4-1....
28 September 2022 Yasuwe: 1437 0

Uburusiya bwatangaje intsinzi mu matora ya kamarampaka bwakoze mu turere twa Ukraine bwigaruriye

Amatora ane yiswe aya kamarampaka yarangiye mu turere tugenzurwa n’Uburusiya two muri Ukraine - amatora Uburusiya bushobora gukoresha nk’impamvu yo kwiyomekaho ubundi butaka. Abategetsi...
28 September 2022 Yasuwe: 987 0

Uko wamenya ko umunyeshuri yatsinze ikizamini cya Leta

Uyu munsi nibwo MINEDUC yatangaje amanota y’abasoje ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’ay’icyiciro rusange. Bitandukanye n’uburyo bwari busanzwe,ubu uwagize amanota menshi kuri 30 mu mashuri...
27 September 2022 Yasuwe: 8742 9

Musanze:Imvura yasenye amazu 56 n’abantu 3 barakomereka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bumaze kubarura inzu 56 zangijwe n’imvura ivanze n’umuyaga, yatangiye kugwa ku cyumweru tariki 25 Nzeri 2022. Abantu batatu bo muri ako karere...
27 September 2022 Yasuwe: 897 0

Amavubi U23 yakoreye ibitangaza kuri Libya akomeza mu kindi cyiciro

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 yakoze ibitangaza bitari bytezwe asezerera Libya ayitsinze ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura. Aya mateka atari yitezwe na benshi yakorewe...
27 September 2022 Yasuwe: 2208 1

MINEDUC yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta kubo mu mashuri abanza n’icyiciro rusange

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyirico rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu mashuri abanza, abanyeshuri bakoze 227,472. Abatsinze ni 206.286...
27 September 2022 Yasuwe: 2164 2