skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umusore yashyingiranwe na mushiki we bavukana nyuma yo kubura ababyeyi babo

Nyuma yo kugirwa imfubyi n’intambara, umusore yahisemo kurongora mushiki we bavukana ku babyeyi bombi,ubu bamaze kubyarana abana bane. Ibi byaberye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,mu...
12 August 2022 Yasuwe: 2792 0

"Turashaka kubaka ikipe igera muri Afurika hose bagatitira"-Perezida wa AS Kigali

Ikipe ya AS Kigali yakoze ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku migabo n’imigambi ifite mu mwaka w’imikino utaha ndetse inerekana abakinnyi bashya yaguze barimo Tuyisenge Jacques. Prezida wa AS...
12 August 2022 Yasuwe: 1036 0

UEFA yatangaje abakinnyi 3 bazatorwamo uwahize abandi mu mwaka wose

Ishyirahamwe ry’umuira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi ryamaze gutangaza abakinnyi 3 bazavamo umwe wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize. Abakinnyi bazatorwamo uwahize abandi ni rutahizamu...
12 August 2022 Yasuwe: 1179 1

Ukena ufite itungo rikakugoboka!!!Barcelona yateje utwayo kugira ngo ibone uko yandikisha abakinnyi bashya

Ikipe ya FC Barcelona yagurishije 24,5% bya studio yabo Orpheus Media kuri miliyoni 100 z’amayero kugira ngo ibashe kwemererwa kwandikisha abakinnyi bashya n’abongereye amasezerano. Barca ifite...
12 August 2022 Yasuwe: 1407 0

Kenya: Umudepite ushinjwa kwica umuntu yishyikirije polisi

Umudepite wo muri Kenya wari umaze iminsi ahigwa aregwa kurasa akica umuntu ku biro by’itora, yishyikirije polisi. Didmas Barasa yari amaze iminsi itatu yihishe kuva yaregwa kurasa akica...
12 August 2022 Yasuwe: 602 0

Perezida wa Rayon Sports yavuze ku byerekeye gusinyisha Caleb uri kuyikoreramo imyitozo

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko uyu munsi cyangwa ejo bafite gahunda yo kuganiriza Bimenyimana Bonfils Caleb kugira ngo barebe ko bamusinyisha. Mu kiganiro...
12 August 2022 Yasuwe: 1731 0

Manchester United yatakaje umwanya wa mbere mu makipe ya Premier League akunzwe cyane muri US

Ikipe ya MANCHESTER UNITED ntabwo ikiri iya mbere mu makipe ya Premier League akunzwe cyane kurusha ayandi muri USA. Amakuru mabi ku bakunzi b’aya mashitani atukura nuko umukeba wabo w’ibihe...
12 August 2022 Yasuwe: 990 0

Paul Were yakoze ku mutima abafana ba Rayon Sports ku munsi wa mbere

Rutahizamu Paul Were uheruka gusinyira Rayon Sports yakoze imyitozo ya mbere na bagenzi be yigarurira imitima y’abafana batari bake bari baje kumuha ikaze mu Nzove. Uyu munya Kenya,Paul Were...
12 August 2022 Yasuwe: 1720 1

M23 yasubije abavuga ko yahagaritse urugamba ikayoboka ibirombe

Umutwe wa M23 yateye utwatsi abayishinja guhagarika urugamba ikigira mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu birombe biri mu gace ka Kurimisyoni. Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka yavuze ko M23...
12 August 2022 Yasuwe: 1557 0

Pique yihimuye kuri Shakira akundana n’Umunyeshuri arusha imyaka 12

Myugariro Gerard Pique yanze guta igihe mu gahinda ko gutandukana n’uwari umukunzi we Shakira,kuko ubu ngo ari mu rukundo n’umukobwa w’umunyeshuri arusha imyaka 12. Uyu mukinnyi wa Barcelona ngo...
12 August 2022 Yasuwe: 1385 0